Abasore: Uzamenye ko akiri isugi niba umubonaho ibi bimenyetso

Gupima ubusugi bw’umukobwa ntago bigombera kuryamana nawe cyangwa gukoresha ikindigipimo, ahubwo hari ibintu byinshi bishobora kukwereka ko umukobwa ari isugi cyangwa ko atakiri isugi. Ibi biterwa n’uko abakobwa bo ubwabo batazi kwihishira n’iyo abigerageje umubiri we uramutamaza. Doreimwe mu myifatire iranga abakobwa batakiri amasugi. 1. Iyo umubajije ko ari isugi ararakara: Umukobwa utakiri isugi iyo […]

Continue Reading

Menya ibi utazatungurwa! Ibimenyetso 7 byakwereka ko umugore wawe atanyurwa n’ibyo umukorera mu buriri

Inshuro nyinshi umugore ashobora kuba ataka: “Aaah”, “Ooh” ariko ibyo si byo bivuga ko umushimisha birenze mu buriri. Gusa niba uri hano ni uko usanzwe ubizi. 1.Nta kintu ajya abivugaho: Hari abagore bagira amasoni yo kugaragaza ibyiyumvo byabo mu gihe cy’akabariro gusa iyo umukoze aho ashaka umubiri wonyine urivugira. Si ngombwa ko ataka cyane, arira, […]

Continue Reading

RIB yemeje ko umunyamakuru Uwineza Liliane(Mama B) yafunzwe. IMPAMVU

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi umunyamakuru Uwineza Liliane rwahamagaje ngo asobonure ibirebana n’ibiganiro yatambutsaga kuri YouTube byashoboraga kubiba amacakubiri akanga kwitaba. Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yemereye IGIHE ko ayo makuru ari impamo ko uwo munyamakuru afunzwe kuko hari iperereza riri kumukorwaho. Yagize ati “Nibyo koko Uwineza Liliane yafashwe akurikiranywe afunzwe.” Yagaragaje […]

Continue Reading

Axel Rudakubana yemeye ko yishe abana batatu

Axel Rudakubana yemereye urukiko rwa Liverpool mu Bwongereza ko yishe abana batatu tariki ya 29 Nyakanga 2024, abateye icyuma. Yanemeye kandi icyaha cyo kugerageza kwica abandi bantu 10 barimo abana umunani batatangarijwe amazina hashingiwe ku itegeko ryo kubabikira ibanga. Ikindi cyaha yemeye ni icy’iterabwoba, gikomoka ku nyandiko ya ‘pdf’ y’inyigisho z’umutwe w’iterabwoba wa Al Qaeda, […]

Continue Reading

Basanzwemo urumogi! KwizeraEmelyne wamamaye nka Ishanga n’abandi barindwi batawe muri yombi bazira gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni -AMAFOTO

Kwizera Emelyne n’itsinda ry’abantu umunani bari barakoranye itsinda rya WhatsApp ryitwa ‘Rich Gang’ bakurikiranywe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, aho barindwi muri bo bafunzwe, nyuma y’uko bagize uruhare mu gufata no gusakaza amashusho abagaragaza bakora imibonano mpuzabitsina. Iryo tsinda ririmo abakobwa batandatu n’abahungu batatu. Abafunzwe batawe muri yombi ku wa 17 Mutarama 2025. Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, […]

Continue Reading

Dore Umuti wa burundu uvura kurangiza vuba no kubura ubushake bwo gutera akabariro ku bagabo

Mu buzima busanzwe bijya bibaho ko umugabo ajya gukora imibonano mpuzabitsina n’uwo bashakanye bikamugora cyangwa akabura ubushake burundu. Iki ni ikibazo gishobora gusenya urugo ,cyane ko gutera akabariro hagati y’abashakanye ari inkingi ya mwamba yubaka urugo. Ariko se umugabo ufite iki kibazo akwiriye kwiheba?Izi nama zikurikira nizo umugabo ukunda kubura ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina […]

Continue Reading

Ibimenyetso 10 byakwereka ko atigeze agukunda by’ukuri

Iyo umubano urangiye, birasanzwe kwibaza ibitaragenze neza. Niba utekereza kandi ukamenya ko hari ikintu cyunvikana kuva mugitangira, birashoboka ko atigeze agukunda byukuri. Hano hari ibimenyetso 20 bishobora kwerekana uko kuri, kugufasha kwifunga no gutera imbere. 1. Ibikorwa bye ntibihura n’Amagambo ye Ashobora kuba yaravuze ko agukunda, ariko ibikorwa bye ntabwo byahuye. Urukundo rugaragazwa nimbaraga, gushikama, […]

Continue Reading

Kigali: Uko The Ben yahanwe na Polisi ishinzwe umutekano wo mu muhanda biturutse kuri X

Umuririmbyi Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben, yatangaje ko yitabye Polisi y’u Rwanda abazwa impamvu yatwaye imodoka atambaye umukandara, kandi ko yabihaniwe. Ni mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa Gatandatu tariki 18 Mutarama 2025. The Ben yari yarezwe n’uwitwa Edman Ishimwe ku rubuga rwa X aho yanditse agira ati “U Rwanda rwacu ntawe uba […]

Continue Reading