Goma: Ubwoba ni bwose nyuma y’uko Abahatuye batangiye kumva urusaku rw’imbunda ziremereye
•
Biravugwa ko urusaku rw’imbunda rwatangiye kumvikana mu nkengero z’Umujyi wa Goma nkuko abahatuye bakomeje kubitangaza. Mu ntangiriro z’iki cyumweru.imirwano hagati ya FARDC na M23 byavugwaga ko iri kubera mu birometero birenga 100 uvuye i Goma. Uyu munsi ku wa Gatatu tariki 31 Mutarama, imirwano yakomeje hagati ya M23 n’ingabo za Congo FARDC n’abafatanyabikorwa bazo…
Dore indwara 5 zikomeye zandurira mu gusomana
•
Muri iyi minsi abantu batandukanye basigaye bakunze igikorwa cyo gusomana mu rwego rwo kugaragarizanya amarangamutima ndetse n’urukundo rukomeye hagati y’ abakundana. Ubu buryo nanone busigaye bukoreshwa n’abantu basuhuzanya kubera iterambere ririho mu minsi yanone,hari n’ababyeyi bakunze gusoma abana babo kugira ngo barusheho kwegerana nabo no kubagaragariza urukundo rwa kibyeyi babafitiye. Uyu umuco nubwo wazanywe…
Basketball: Uwahoze ari Kapiteni w’Amavubi y’abagore yakoze ubukwe n’umugore mugenzi we
•
Tierra Monay Henderson wigeze kuba Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’abagore muri Basketball , yasezeranye n’umugore mugenzi we w’umukobwa witwa Amanda Thompson. Ku munsi w’ejo ku wa Kabiri tariki 30 Mutarama 2024 nibwo aba bombi bari bamaze igihe mu rukundo basezeranye gusa amafoto yabo yagiye hanze kuri uyu wa Gatatu. Ibi ntabwo benshi babyakiriye…
Ntawe usohoka uko yiboneye. FERWAFA yavuze ko Gasogi United itemerewe kwikura mu marushanwa. Biraza kugenda gute?
•
Umunyamabanga wa FERWAFA,Kalisa Adolphe,yatangaje ko ikipe ya Gasogi United itemerewe kwikura mu marushanwa kubera ko hari amategeko abigenga. Mu kiganiro yagiranye na Fine FM,Bwana Kalisa,yemeje ko nubwo Gasogi United yasabye kuvanwa mu marushanwa ya FERWAFA nyuma yo guseswa itabyemerewe kuko amategeko ya FERWAFA atabyemera. Yavuze ko buri munyamuryango we afite ibyo aba yarasinye mbere…
The Ben abwiye amagambo akomeye umugore we, Uwicyeza Pamella wizihiza isabukuru ya mbere nyuma yo kurushinga
•
Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga The Ben yifurije isabukuru nziza umugore we Uwicyeza Pamella yanamaze guha akabyiniriro ka ‘Mado’. Iyi n’isabukuru ya Pamella ya mbere kuva yabana n’umuhanzi The Ben nk’umugore n’umugabo nyuma yo gukora ubukwe mu mpera za Ukuboza 2023. Ati “Isabukuru nziza shingiro ry’ubuzima bwanjye, wowe utuma umunsi urabagirana kubw’urukundo no kumwenyura, unsunikira…
Umuryango wa Pasiteri Ezra Mpyisi batangaje icyo abantu bifuza kumuherekeza bazitwaza mu mwanya w’indabo
•
Umuryango wa Pasiteri Ezra Mpyisi uherutse kwitaba Imana, watangaje ko abifuza guherekeza uwo mukambwe, bateganyaga kuzitwaza indabo zo kumuherekeza bazazisimbuza Bibiliya kuko ari imwe mu ntwaro ikomeye yakundaga akiri muzima. Ibi byagaragajwe ku mugoroba wo kwizihiza ubuzima bwe nyuma yo gupfa ku wa Gatandatu tariki ya 20 Mutarama 2024, ku myaka ye 102. Nyuma…