Udushya 10 Twagaragaye mu gusaba no gukwa Miss Uwicyeza Pamella
•
Iwacumarket igiye kugaruka ku bintu 10 byaranze ubukwe bw’aba bombi, nyuma y’igihe kinini bwari bumaze butegerejwe na benshi. 1. Meddy ntiyabonetse mu bukwe Umunyamuziki Ngabo Medard Jorbet [Meddy] ni umwe mu bantu bari bitezwe mu bukwe bwa The Ben na Pamella, ariko byageze mu mitona ya nyuma atabashije kuhagera. Uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo…
Mu Mafoto reba uko byari byifashe mu bukwe bwa The Ben na Pamella
•
Ku munsi w’ejo kuwa Gatanu taliki ya 16/12/2023 ni bwo Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yasabaga akanakwa umugore we Miss Uwicyeza Pamella. Ni ubukwe bwitabiriwe n’ibyamamare muri muzika mu Rwanda ndetse n’incuti z’uyu mugabo zo muri Amerika no mu Rwanda. Mu mafoto Reba uko byari byifashe: Imodoka The Ben yahaye Pamella yari iri…
Inkuru y’urukundo rwa The Ben na Miss Pamella baraye bakoze ubukwe itera benshi amarangamutima
•
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 15 Ukuboza 2023, The Ben yatanze inkwano mu muryango wa Pamella, mu muhango unogeye ijisho wabereye mu busitani bwa Jalia muri Kabuga mu Mujyi wa Kigali. Ni ubusitani bwitaruye, bufite imbuga ngari, ku buryo bukodeshwa hafi Miliyoni 5 Frw ku munsi kugira ngo uhakorere ibirori. Hamaze…
Urubyiruko rusaga 1000 rwateraniye muri Kigali Convention Centre muri gahunda y’ibiganiro bya TUNYWELESS [AMAFOTO]
•
Kuri uyu wa 15 Ukuboza 2023, Urubyiruko rusaga 1000 ruteraniye mu ihuriro ririmo kubera muri Kigali Convention Centre, aho barimo kuganira kuri gahunda ya TUNYWELESS ku nsanganyamatsiko bafite yibanda ku “Kwigobotora kubatwa n’inzoga.” Bibaye muri iki gihe aho bikunze kugaragara cyane ko akenshi mu mpera z’umwaka abantu benshi biganjemo urubyiruko bitabira kunywa inzoga ugereranyije…
RUBAVU: Ikamyo yakoze impanuka ikomeye, ifunga umuhanda
•
Mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Rugerero mu Kagari ka Rwaza, umudugudu wa Rwaza ahitwa kwa Gacukiro, kuri uyu wa Gatanu tariki 15 Ukuboza 2023, habereye impanuka y’imodoka yabirindutse ifunga umuhanda. Umuvugizi wa Polisi, ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, SP Emmanuel Kayigi, yatangarije Kigali Today dukesha iyi nkuru ko iyi mpanuka yatewe…
Umuhanzi The Ben yakoze umuhango wo Gukwa Umugore we Pamela [AMAFOTO]
•
Kuri uyu wa 15 Ukuboza 2023, ni bwo umuhanzi The Ben yagiye gutanga inkwano mu muryango wa Uwicyeza Pamela, aho yaserutse mu myambaro ya Kinyarwanda; akaba kandi yagaragaye yambariwe n’ibayamamare bitandukanye. Mu bamwambariye harimo ibyamamare bitandukanye nka Andy Bumuntu, Kavuyo, Christopher, Igor Mabano n’abandi. Uwamubereye ‘Parrain’, ni Jimmy, inshuti ye yo muri Amerika. Uyu…