Barore Cléophas was appointed RBA chief executive
•
Barore Cléophas who was previously a journalist of the National Press Agency (RBA) was appointed its Director, Arthur Asiimwe who was already in this position was appointed Deputy Director General at the Embassy of Rwanda in the United States of America. These changes in the leadership of the National Press Office were announced on…
Abagore: Dore ibimenyetso 7 byakwereka ko umugabo wawe yifitiye inshoreke
•
Niba ujya ubona ibi bintu ku mugabo wawe, menya ko umugabo wawe afite inshoreke. Hari ibintu byinshi bishobora kukwereka ko umugabo wawe afite undi mugore bajya bagirana ibihe byiza. Bimwe muri ibyo bintu ni ibi bikurikira. 1. iyo umugabo wawe aguca inyuma atangira kujya yitaba telefone za buri kanya kandi akaguhisha ibyo ari kuvugiraho…
Umusore yanze umukobwa ngo ni mubi gusa nyuma y’imyaka ibiri bongeye guhura yarabaye ikizungerezi. Reba ibyabaye – AMAFOTO
•
Uwambaye ikirezi ntamenya ko cyera koko! Umusore yakatiye umukobwa amubwira ko ari mubi umukobwa aramutakambira cyane ariko umusore aranga none bongeye guhura nyuma y’imyaka 2. Mu gihugu cya Ghana inkuru y’umusore wakatiye umukobwa amuhora ko ari mubi ikomeje gutanga isomo mu basore bose. Muri 2021 nibwo umukobwa witwa Jennifer yatandukanye n’umusore bakundanaga, umusore yamuzizaga…
Niba ubona ibi bimenyetso 4 mu rukundo rwawe. kora ibishoboka byose uyu mukunzi ntazagucike
•
Ibyiyumviro by’urukundo bamwe babifata nk’aho ari amayobera bitewe n’uko rukoresha umuntu ibyo atabashaga gukora aramutse atarurimo ndetse akabikora mu buryo butari bwitezwe. Nk’uko mu nkuru yasohotse ku rubuga elcrema ibigaragaza, hari impinduka ziboneka ku muntu uri mu rukundo na siyansi akabyemeza. Umutima utera cyane Siyansi yerekana ko iyo umuntu ari kumwe n’umukunzi we umutima…
Abakobwa: Dore ibimenyetso 3 byakwereka ko umusore mukundana agukunda by’ukuri
•
Nubona ibi bintu 3 ku musore uzamenye ko agukunda by’ukuri kandi akuba birenze ndetse akubuze byamugora kubyakira. Hari ubwo abantu benshi bajya mu rukundo ariko akenshi bikaba ibyo korosaho ndetse no kubeshyanya, gusa hari ibintu bishobora kukwereka ko umusore agukunda by’ukuri. 1. Umusore utajya ugusaba ko muryamana: abasore benshi hari ubwo bakunda abakobwa bagirango…
Agahinda k’umutoza wa Rayon Sports nyuma yo kumenya agiye gusimbuzwa undi mutoza
•
Umutoza wa Rayon Sports Mohamed Wade yatangaje amagambo arimo agahinda kenshi nyuma yo kumva ko iyi kipe igiye kumusimbuza umutoza ufite ibigwi biri hejuru. Mohamed Wade wari umaze iminsi arimo gutoza ikipe ya Rayon Sports nyuma yaho iyi kipe itandukanye na YAMEN Zelfani, biravugwa ko agiye kuguma ari umutoza wungirije ikipe ikazana undi ukomeye.…