Arteta yahuye n’ingaruka zikomeye nyuma yo kwishimira igitego mu buryo budasanzwe
•
Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, ntabwo azaba ari ku ntebe y’abatoza, ku wa gatandatu w’iki cyumweru, ubwo Arsenal izaba yasuye Aston Villa,mu mukino w’umunsi wa 16 wa Premier League. Ibi byatewe nuko yahawe ikarita y’umuhondo ya gatatu muri iyi shampiyona kubera kwishimira igitego Declan Rice yatsinze ku munota wa 97 batsinda Luton. Uyu munya…
Yakoze impanuka y’indege ku bushake ngo abone abamureba benshi kuri Youtube birangira ahuye n’uruva gusenya
•
Ukoresha urubuga rwa You Tube yafunzwe amezi atandatu azira gukoresha impanuka ku bushake indege ye kugira ngo abone abareba cyane inkuru za ibizwi cyane nka ’views’. Uyu kandi ashinjwa ko yabeshye abakora iperereza bo muri Amerika. Trevor Jacob, ufite imyaka 30, yashyize ahagaragara amashusho y’impanuka y’indege mu Kuboza 2021, avuga ko ari impanuka. Yasohotse…
Ubwongereza bwanzuye kwihutisha kohereza abimukira mu Rwanda hanasinywa amasezerano mashya
•
Minisitiri w’Ubutegetsi wa UK,James Cleverly, yavuze ko Ubwongereza bugomba noneho “kugira vuba”bugatangira kohereza abimukira mu Rwanda nyuma y’amasezerano mashya yasinywe hagati y’izi mpande zombi uyu munsi, tariki ya 05 Ukuboza. Abayobozi bemeje ko aya masezerano “akomeye” kuruta ayari yasinywe mbere yabangamiwe cyane n’Urukiko rw’ikirenga rw’Ubwongereza rwavuze ko anyuranyije n’amategeko,mu kwezi gushize. Aya masezerano ngo…
Nigeria: Abaturage 85 bishwe n’ingabo za Leta zikeka ko ari ibyihebe
•
Ubuyobozi bushinzwe ubutabazi muri Nigeria, bwatangaje ko byibuze abasivili 85 biciwe muri leta ya Kaduna, mu majyaruguru ashyira iburengerazuba bw’iki gihugu, mu gitero cy’indege cyagabwe ku bari mu birori by’idini ry’abayisilamu ku cyumweru. Perezida Bola Tinubu yavuze ko abasivili baguye mu gutera ibisasu habayeho kwibeshya. Guverineri wa Leta, Uba Sani, yari yavuze mbere ko…
Perezida wa Sunrise FC yatawe muri yombi
•
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze Umuyobozi wa Koperative icuruza Amata i Nyagatare n’ibiyakomokaho, NDMC [Nyagatare Dairy Marketing Cooperative], Hodari Hilary, ukurikiranyweho ibyaha bifitanye isano no kunyereza umutungo urenga miliyoni 160Frw. Uyu mugabo usanzwe ari na Perezida w’Ikipe y’Umupira w’Amaguru ya Sunrise FC, yafashwe ku wa 4 Ukuboza 2023, akaba afunganywe n’Umubaruramari wa Koperative ya NDMC,…
M23 yishe abasirikare barenga 10 harimo n’abakomeye
•
Abasirikare b’Uburundi barenga 10 harimwo n’abakomeye babiri b’ipeti rya ‘Major’ nibo bimaze kumenyekana ko biciwe mu ntambara yabahuje n’umutwe M23 kuri uyu wa mbere mu karere ka Mushaki no mu duce tuhegereye muri teritwari ya Masisi, mu ntara ya kivu y’Amajyaruguru. Icyakora hari abandi barenga cumi bakomeretse hakaba n’andi makuru y’abandi basirikare baburiwe irengero.…