Abandi bantu batandatu batawe muri yombi kubera amanyanga yakozwe mu guhitamo abana bajyanwa mu ishuri rya Bayern Munich
•
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abandi bantu batandatu barimo Perezida w’Ikipe ya The Winners FA yo mu Karere ka Muhanga, Nshimiyimana David; Umutoza w’iyi kipe y’abana, Mukandamage Antoinette n’Ushinzwe Irangamimerere mu Murenge wa Kibirizi wo mu Karere ka Nyamagabe, Mberarivuze Pierre. Aba bose n’ababyeyi batatu b’abana bahinduriwe imyirondoro, bakurikiranyweho icyaha cyo guhimba inyandiko…
Umurundikazi wasambanye n’umusore mu muhanda rwagati batawe muri yombi bavuga n’icyabateye kubikora
•
Mu gihe hamaze iminsi mike hakwirakwiza amashusho agaragaza umusore n’inkumi basamabanira mu muhanda rwagati, bashagawe n’ikivunge cy’abamotari, Urwego rw’ubugenzacyaha mu Rwanda RIB, rwatangaje ko aba bombi bamaze gutabwa muri yombi. Urwego ry’Igihugu rw’Ubuhenzacyaha RIB rwafunze kandi Musore Jean De Dieu na Umuhoza Charlotte bari mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga yaberekanye bameze nk’abakora imibonano…
Rubavu: Abaturage bamuketseho uburozi bwahitanye abavandimwe babiri, bamwica bamuteye amabuye
•
Mu Kagari ka Makurizo mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu, haravugwa impfu z’abantu bane bitabye Imana mu gihe cy’minsi itanu, barimo babiri bavukana ndetse n’inshuti yabo, bivugwa ko bishwe barozwe n’umukecuru, na we waje kwivuganwa n’abaturage bamuteye amabuye. Urupfu rwa mbere rwabaye ku wa Gatatu w’icyumweru twaraye dusoje, aho umuhungu uri mu…
Umusaza yakubiswe n’inkuba, nyuma yo kugura indaya yamara kwikiranura agasanga arongoye umwuzukuru we
•
Mu gihugu cya Kenya hakomeje kuvugwa inkuru idasanzwe, aho umusaza w’imyaka 64 n’amavuko bivugwako yaguze indaya ngo yikiranure n’umubiri, maze aza gutungurwa no gusanga yarongoye umwuzukuruwe. Umusaza yaguye mu kantu nyuma yo kugura indaya yamara kwiha akabyizi agasanga ari umwuzukuru we w’imyaka 17 wataye ishuri akayoboka iy’uburaya. Ibi byabaye kuri uyu wagatanu tariki ya…
Nsengiyumva wavuzwe mu mugambi wa Rusesabagina, yatawe muri yombi
•
Nsengiyumva Appolinaire wavuzwe mu mugambi wa Rusesabagina Paul wo gushaka gukuraho ubutegetsi bw’u Rwanda, binyuze mu mutwe witwaje intwaro wa FLN, yafunzwe. Uyu Munyarwanda yumvikanye mu rubanza rwa Nsabimana Callixte alias Major Sankara na bagenzi be muri Werurwe 2021, ubwo uyu musore wabaye Umuvugizi wa FLN yasobanuraga byinshi ku mikorere y’uyu mutwe. Hari tariki…
Israel yongeye kwatsa umuriro mu mujyi wo mu majyepfo ya Gaza
•
Umujyi wa Khan Younis wo mu majyepfo y’intara ya Gaza urimo intambara idacogora mu gihe Isirayeli ikomeje kuhagaba ibitero. Abanyepalistina babarirwa mu bihumbi magana bari basabwe guhungira mu majyepfo batinya ko ibitero by’ingabo za Isirayeli bibagwa gitumo, ubu baheze mu rungabangabo. Ministri w’intebe wa isirayeli kuwa gatandatu yatangaje ko iyi ntambara izarangira ar’uko abafashwe…