Abasore: Dore umukobwa ukwiriye kugendera kure mu rukundo kuko ntimuzashobokana
•
Akenshi iyo umusore ari kurambagiza umukobwa yifuza ko bazabana, hari ibintu runaka aba yarashyizeho yumva uwo mukobwa agomba kuba yujuje. Menya bimwe mu biranga umukobwa uzakugora igihe mwashakanye. Hari ubwo rero ushobora gusanga yujuje bimwe ushaka ariko hakaba ibye byihariye agaragaza ukabyirengagiza nyamara uba ugomba kuba maso. Dore bimwe mu bintu ugomba kugiraho amakenga…
Abagabo: Dore ibintu umugabo uzi ubwenge abuza umugore we mu maguru mashya
•
Inshingano z’umugabo nyawe zirenga kubyara no kurera zikagera ku kwita ku buzima no guharanira ahazaza heza h’umugore. Biroroshye kumenya niba umugabo yita ku nshingano ze nk’umugabo cyangwa niba yigira ntibindeba. Umugabo wirirwa mu gasozi agataha abaza ibiryo nta cyo yakoze ngo ibiryo biboneke uwo aba ari umugabo utita ku nshingano z’urugo. Dore ibintu 3…
Tshisekedi yavuze impamvu nyamukuru ituma ataganira na M23
•
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yabwiye Abanyekongo ko adashobora kugirana ibiganiro n’umutwe witwaje intwaro wa M23 kuko ngo byakwinjiza umwanzi mu gisirikare cyabo. Ibi Tshisekedi yabibwiye abatuye mu mujyi wa Kindu mu ntara ya Maniema kuri uyu wa 23 Ugushyingo 2023, ubwo yari akomeje ibikorwa byo kwiyamamariza umwanya w’Umukuru w’Igihugu.…
Ntibisanzwe: Kicukiro, Umusore yihinduye umukobwa kugirango ahabwe akazi ko mu rugo
•
Umusore w’imyaka 17 y’amavuko ukomoka mu Karere ka Gicumbi, yafatiwe mu Mudugudu wa Mulindi mu Kagari ka Kamashashi mu Murenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali,yihinduye nk’umukobwa. Uyu musore ngo yagerageje kwiyoberanya yiyita umukobwa, agenda mu ngo asaba akazi ko kurera abana, ariko abarimo gucunga umutekano baza gutahura ko ari…
Rayon Sports irakina na Etincelles idafite umwe muri ba kizigenza bayo
•
Ikipe ya Rayon Sports yashyize hanze abakinnyi umutoza Mohammed Wade azifashije yakirwa na Etincelles FC kuri uyu wa Gatandatu i Rubavu hakinwa umunsi wa 11 wa shampiyona. Abakinnyi bose barahari uretse Aruna Moussa Madjaliwa ushobora kuba afite imvune kuko ntiyanakinnye mu mikino 2 u Burundi buheruka gukina na Gambia na Gabon. Aruna Moussa Madjaliwa…
Ushinjwa kwiba Telefoni ya The Ben ubwo yari mu gitaramo i Bujumbura yarekuwe
•
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Eric Ndagijimana uzwi nka X-Dealer ukurikiranyweho kwiba Telephone ya The Ben afungurwa by’agateganyo akazajya yitaba buri wa Gatanu wa nyuma w’ukwezi. Ubujurire bwe bwahawe agaciro hashingiwe k’uwemeye kwishingira Eric Ndagijimana uzwi nka X-Dealer. Ku wa Mbere taliki 23 Ukwakira 2023, X-Dealer( Eric Ndagijimana) nibwo uyu musore yakatiwe n’Urukiko…