M23 yatangaje ko U Burundi bwinjiye ku mugaragaro mu ntambara iri kurwana ndetse bakozanyaho
•
Abarwanyi b’umutwe w’inyeshyamba M23 urwanya ubutegetsi bwa Congo baravuga ko bari kurwana n’ingabo za Leta y’u Burundi ziyemeje gufasha FARDC mu ntambara bahanganyemo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Mu itangazo M23 yaraye isohoye, ivuga ko ingabo z’u Burundi ngo zifatanyije n’iza Congo n’indi mitwe yitwaje intwaro irimo na FDLR ku rugamba, mu mirwano…
Amerika yasabye ikintu gikomeye perezida Kagame na Tshisekedi
•
Hahishuwe ikintu gikomeye Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye perezida wa Congo n’uw’u Rwanda mu gihe zikomeje gushaka umuti w’ikibazo cy’ubwumvikane bucye hagati y’ibi bihugu byombi by’ibituranyi. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Amerika Antony Blinken avuga ko yavuganye na Perezida w’u Rwanda na Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku mwuka w’ubushyamirane ku mupaka w’ibihugu…
Dore ibanga rikoreshwa na buri mukobwa ushaka kwigarurira umutima w’umusore kugera ku rwego rwo kumurongora
•
Burya n’ubwo abasore bose badateye kimwe, hari ibintu bahuriyeho nk’imyumvire n’imitekerereze rusange, bityo ibi bikaba ari ibintu byafasha umukobwa wifuza kuba uw’igikundiro ku mukunzi we, akabasha kunogera no kwishimirwa n’umusore bakundana kuburyo amwifuzaho kuba yamubera umufasha. 1. Kunda inshuti ze Niba umusore mukundana afite abasore bagenzi be ubona ko ari inshuti magara, ibuka ko…
M23 yahakanye kugira uruhare mu ibura ry’umuriro i Goma
•
Umutwe wa M23 watangaje ko nta ruhare na ruto ufite mu ibura ry’umuriro mu bice by’Umujyi wa Goma. Umuvugizi wa politiki w’uyu mutwe, Lawrence Kanyuka kuri X yahoze ari twitter, yatangaje ko mu bice isanzwe yarafashe nta kibazo ufite bityo RDCongo iri gushaka urwitwazo kandi ikomeje kwica abanye-Congo. Ati “M23 iramenyesha abaturage ko idashinzwe…
Umunyamakuru yiciwe mu kiganiro yarimo gukora imbonankubone
•
DJ Johnny Walker, amazina ye nyakuri ni Juan Jumalon, yari muri studio ye ya Radio iri iwe mu rugo, ubwo umuntu witwaje imbunda yinjiraga aramurasa hanyuma amwiba umukufi we wa zahabu. Uyu mu DJ wo kuri Radiyo yarashwe aricwa ubwo yari mu kiganiro, atangaza amakuru imbonankubone. Juan Jumalon, uzwi kandi ku izina rya DJ…
Karongi: Umugabo yinaze mu kagozi kubera umugore we
•
Léonald Bakinahe wo mu Mudugudu wa Gashari, Akagari ka Birambo, Umurenge wa Gashari mu Karere ka Karongi bamusanze yimanitse mu mugozi. Umuturanyi wabo yabwiye Taarifa ko uwo mugabo yari amaze iminsi mu ntonganya n’umugore we amucyurira ko yamariye umutungo mu kwivuza. Yari amaze iminsi yivuriza mu bitaro bitandukanye harimo na CHUK ariko ngo gukira…