Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Dore impamvu 6 zishobora gutuma uwo mwahoze mukundana mugatandukana akugarukira. Ibyo ukwiye kwitondera

    Bijya bikunda kubaho ko abantu bakundana , bikagera igihe bagatandukana ariko nyuma y’igihe runaka , umwe muribo agashaka kubyutsa umubano. Nkuko bitangazwa n’urubuga Elcrema rwandika ku mibanire , hari impamvu zinyuranye zituma abo mwahoze mukundana cyangwa uwo mwakundanaga bakugarukira. 1.Irari Iyi niyo mpamvu ya mbere ituma uwo mwakundanaga cyangwa abo mwakundanaga bakugarukira. Abenshi bagaruka…

  • Emerthe umaze kuba icyamamare kuri TikTok akomeje gukurikira inzozi ze n’ubwo yaciwe amaguru yombi akiri umwana

    Iradukunda Subila Emerthe amaze kwamamara ku rubuga rwa TikTok nka ‘Bibila’, nyamara yararugiyeho ashaka ibyishimo nyuma yo gukura afite agahinda gaturutse ku bamubwiraga nabi bitewe n’ubumuga afite. Uyu mukobwa ukomoka mu Karere ka Nyanza, yaciwe amaguru yombi ubwo yari afite imyaka itatu. Icyo gihe, yafashwe n’uburwayi bwasaga n’ubworoheje, ababyeyi bamwihutana kwa muganga, ariko birushaho…

  • DJ Dizzo yitabye Imana nyuma y’imyaka 7 ahanganye na Kanseri

    DJ Dizzo wari umaze igihe ahanganye n’uburwayi bwa kanseri, yitabye Imana, nyuma y’imyaka igera kuri ibiri abwiwe n’abaganga ko atari kurenza muri Nyakanga 2022. Amakuru IGIHE yemerewe n’inshuti y’umuryango we, ahamya ko uyu musore yitabye Imana ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 19 Ukuboza 2024. Mutambuka Derrick uzwi nka DJ Dizzo yakunze kugarukwaho cyane,…

  • Amagambo 40 wabwira umukobwa ukunda akazagukunda iteka ryose

    Ndabizi ko ukunda umukunzi wawe cyane, ariko wabuze amagambo wakoresha ukabasha kumusobanura neza ndetse akaba yanagutandukanya n’abandi basore baziranye cyangwa bigeze bahura. Ahari umara umwanya wawe usoma ibitabo ngo ukuremo amagambo ariko byaranze. Mbere na mbere, menya ko nta buryo bwiza bwo kugaragazamo urukundo buhari, ntabwo rwose. Kwita ku muntu uko wabikora kose ubikuye…

  • Dore inkingi 10 wakubakiraho urukundo rwawe ugahora wishimye ubuzima bwose

    Urukundo n’ingenzi mu buzima bikaba akarusho iyo ukunze ugukunda ndetse mu kanabana ariko ibyo byose bisaba urugendo kandi muhuriramo na byinshi bishobora kubatandukanya ariko hari inkingi wakubakiraho urukundo rwawe rugakomera ukabaho ubuzima bunyuzwe kandi bwishimye. 1. Ubuzima bw’abakundana bugomba kuba ari ibanga Si byiza gushyira urukundo rwanyu ku karubanda kuko uburyo mwishimiranyemo ni ubuzima…

  • Dore ibimenyetso 5 simusiga byakwereka ko umukobwa agukunda by’ukuri

    Burya mu rukundo habaho ibintu byinshi bitandukanye kuba umukobwa umusabye urukundo akarukwemerera sibihagije ko wamwizera ngo aragukunda. Hari umukobwa ushobora kugukundira amafaranga cyangwa hari indi nyungu runaka agukeneyeho yamara kuyigeraho agahita akureka. Musore niba ufite umukobwa mukundana dore ibimenyetso bizakwereka ko uwo mukobwa agukunda by’ukuri. 1. Yifuza kukuba hafi iteka Ahora iteka ashaka kuba…