Mu mvugo ikakaye, KNC yaburiye Munyantwali wa FERWAFA ku mwanzuro w’abanyamahanga
•
Perezida w’ikipe ya Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles ntiyumva ukuntu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA ritarafata umwanzuro ku bakinnyi b’Abanyamahanga bemerewe gukina kandi shampiyona ibura amasaha make igatangira. Kimwe mu bintu bimaze iminsi bigarukwaho cyane mu bakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda, ni ikijyanye n’abakinnyi b’Abanyamahanga niba abemerewe gukina bazongerwa bakava kuri 6 bakajya…
Yolo The Queen yameje ko yabyaye umwana w’umuhungu abajijwe Se aryumaho
•
Umunyamideli, Kirenga Phiona wamenyekanye nka “Yolo The Queen” ku mbuga nkoranyambaga, yemeje ko yibarutse umwana w’umuhungu ndetse avuga amazina yamwise. Hari hashize iminsi havugwa amakuru avuga ko Umunyamudeli, Kirenga Phiona uzwi nka “Yolo The Queen”, avuga ko yibarutse ariko nyiri ubwite yararuciye ararumira. Abicishije ku mbuga nkoranyambaga zirimo Instagram akoresha cyane ndetse akaba akunzwe…
Padiri Yohani Bosiko Ntagungira yagizwe Musenyeri wa Diyoseze ya Butare
•
Ubuyobozi bwa Kiliziya Gatolika ku Isi bwemeje ko Padiri Yohani Bosiko Ntagungira wari usanzwe ari Padiri Mukuru wa Regina Pacis i Remera muri Arikidiyosezi ya Kigali, ari we mwepiskopi mushya wa Diyoseze ya Butare. Ni ibikubiye mu itangazo ryo kuri uyu wa 12 Kanama 2024 ryashyizwe hanze n’ibiro by’Intumwa ya Papa mu Rwanda. Iri…
Muhanga: Uwari umukozi wa Hoteli yasanzwe mu muferege w’amazi yapfuye
•
Niyonsaba Emmanuel w’imyaka 30 y’amavuko wakoraga muri Hoteli Saint André mu Karere ka Muhanga yasanzwe mu mu muferege utwara amazi yapfuye, birakekwa ko yishwe. Niyonsaba yari atuye mu mudugudu wa Gihuma, Akagari ka Gahogo Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga. Amakuru avuga ko ku munsi w’ejo kuwa mbere Taliki ya 12 Kanama yari…
Impanuka ikomeye yahitanye umwana w’imyaka 15
•
Mu Mudugudu wa Ruyumba mu Kagari ka Kabashumba, Umurenge wa Nyamiyaga mu karere ka Kamonyi habereye impanuka ikomeye yahitanye umuntu ndetse ikangiriza umuturage. Ahagana i Saa sita zamanywa kuri iki cyumweru tariki ya 11 Kanama 2024, nibwo iyi mpanuka yabaye, yabereye hafi y’ibiro by’umurenge wa Nyamiyaga. Imodoka y’ivatiri yo mu bwoko bwa Toyota, yaturutse…
Kuki harashwe imizinga inshuro 21 mu birori by’irahira rya Perezida Kagame? Sobanukirwa
•
Kurasa imiziga ni igikorwa cyo gutanga icyubahiro gikunze gukorwa n’igisirikare mu gihe cyakira umuntu runaka cyangwa mu birori bikomeye. Ku wa 11 Kanama 2024, ubwo Perezida Paul Kagame yarahiriraga kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere, igisirikare cy’u Rwanda cyarashe imiziga inshuro 21 mu kirere. Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig. Gen. Ronald Rwivanga,…