Ibyerekana ko umukobwa arimo gusaba umusore ko bakora imibona1no
•
Hafi ku isi yose bazi ko umukobwa cyangwa umugore adapfa gutinyuka gusaba umusore ko bakora imibonano ibi bigatuma hari na bamwe bahohoterwa kuko abagabo benshi bishyiramo ko niyo umukobwa yaba yahakanye ku munwa muri we aba yemeye. Nyamara hari ibimenyetso bishobora kwerekana ko umukobwa cyangwa umugore yifuza gukora iki gikorwa akaba ari byo Iwacumarket…
Ibintu 8 bitera bamwe mu bakobwa kumera ubwoya bwinshi
•
Hari igihe ubona abakobwa bafite ubwoya ku mubiri cyane cyane mu maso, ku nda no ku maguru. Ibi hari impamvu zitandukanye zishobora kubitera cyane cyane impamvu ya mbere ikaba ari imisemburo iba itari ku murongo nk’uko byagakwiye, ariko hari n’izindi mpamvu zishobora kubitera. Kuri bamwe bishobora kubatera ipfunwe mu bandi, ndetse ukaba ushobora no…
Ni iyihe mpamvu ituma umugore agira ubwoya kunda?
•
Ahari hari abo wigeze ubona urikanga cyangwa bigutera ubwoba, ariko muri iyi nkuru turagufasha gusobanukirwa n’impamvu nyamukuru itera abagore bamwe kugira ubwoya ku mukondo n’ahandi. Akenshi iyo umugore atwite, akunda kugira ubwoya ku mubiri we ariko bukaza ahantu atari abufite cyangwa aho utatekerezaga ko bwaza kandi bugakura vuba vuba. Iyo umudamu atwite rero agira…
Ndi kumwe nawe sinzigera nicuza mu buzima bwanjye – Imitoma 12 watera umukunzi wawe
•
Burya kugira ngo urukundo rukomeze rutohe ruruheho kuryoha bituruka ku bintu byinshi birimo n’amagambo abakundana babwirana. Menya amagambo akwiriye wabwira umukunzi wawe ubinyujije mu butumwa bugufi bikamushimisha cyane. Koherereza amagambo meza umukunzi wawe ukoresheje ubutumwa bugufi ni ikintu cy’ingenzi cyane ku buryo utazatekereza no kwicuza mu buzima bwawe. Dore imitoma irenze 12 ubwira umukunzi…
Kamonyi: Umukobwa yanzwe n’umusore wamuteye inda ahita akora ikintu cyababaje abatari bake
•
Mu karere ka Kamonyi gaherereye mu ntara y’Amajyepfo y’u Rwanda, umurenge wa Gacurabwenge mu kagari ka Gihinga haravugwa inkuru y’umukobwa wabyaye umwana hanyuma afatanya na nyina kumwica ndetse banamujugunya mu bwiherero. Biravugwa ko intandaro yo kwica umwana yabyaye byaturutse ku kuba uwamuteye inda yaramwihakanye. Bamwe mu baturage baturanye n’uyu muryango, bavuga ko kuri uyu…
Amerika yahishuye abashaka kwica Donald Trump
•
Inzego zitandukanye z’iperereza zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rigaragaza ko Irani ifite ’umugambi wo kumwica kugirango ihorere General Qassem Soleimani wahoze ari komanda w’umutwe w’ingabo z’intarumikwa za Irani. Iperereza rivuga ko Trump aramutse arashwe bwaba ari uburyo bwiza bwo kwihorera mu kuburizamo ko yatorwa mu matora ateganyijwe. Ntabwo ari Iran ishaka kwivanga…