“Kuki yatwaye abagabo bacu bose agasiga amagweja n’ibimonyo ?” Amagambo Inkindi Aisha yakoresheshe atuka abagabo batari muri CTU, yananiwe kwihanganirwa na benshi
•
Ku mbuga nkoranyambaga abantu ntibari kuvuga kimwe ku magambo yakoreshejwe n’umukinnyi wa filime Inkindi Aisha, asa nkunenga abagabo badakora muri CTU ndetse ashima abasore bakora muri department ishinzwe umutekano ya CTU. Mu kiganiro aheruka kugirana na MIE ikorera ku murongo wa YouTube, Inkindi Aisha yakoresheje amagambo agaragaza ko yabengutse bamwe mu basore bakora muri…
Ubuzima bw’umuhanzi Dorimbogo buri mu kaga – yatangiye gusaba imbabazi abo yahamagaye
•
Umugore umaze kwamamara kumbuga nkoranyambaga, bitewe n’udutendo twinshi akora, Vava uzwi nka Dore Imbogo, arwariye mu bitaro. Uyu Mugore wamamaye kubera indirimbo ye yiswe Bore imbongo , dore impara, arwariye mu bitaro bikuru bya Kibogora mu karere ka Nyamasheke iwabo aho avuka. Mu kiganiro yagiranye na Urugero Tv ikorera ku muyoboro wa Youtube, Vava…
Polisi yamukoreye ibya mfura mbi: Amakuru mashya kuri wamugabo ushinjwa kwica abagore n’abakobwa 42
•
Umugabo watangajwe na polisi ya Kenya ko ari “umwicanyi ruharwa” yakorewe iyicarubozo kugira ngo yemere icyaha, nkuko umunyamategeko umwunganira yabibwiye urukiko ku wa kabiri mu murwa mukuru Nairobi. Polisi yavuze ko nyuma yuko imutaye muri yombi ku wa mbere, Collins Jumaisi Khalusha, w’imyaka 33, yemeye ko yishe abagore 42 guhera mu mwaka wa 2022,…
Perezida Kagame ayanga urunuka: Intwaro FARDC yatangiye gukoresha ngo itsinde M23 ikomeje kuvugisha benshi
•
Urubyiruko rubarirwa mu magana rukaba rwamaze guhabwa iyi miti ibafashya gutsinda M23 no kuyitangira ntibashye kwinjira mu mujyi wa Butembo. Abahabwa iy’i miti n’urubyiruko rwo mubwoko bw’Abandandi. Nk’uko iy’i nkuru ikomeza ibivuga n’uko iyo miti uru rubyiruko rwayihawe tariki ya 16/07/2024. Ibyo bibaye mu gihe umutwe wa M23 umaze kugira ibice byinshi wigarurira byo…
Uwari akinira Rayon Sports akurikiranweho kwiba arenga miliyon 35
•
Amakuru dukesha ISIMBI aravuga ko uyu mukinnyi wasinyiye Rayon Sports muri 2019 avuye muri Marines, nyuma akajya muri Bugesera FC, amaze iminsi ari mu mabako y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, nyuma yo kwiba Kwizera Olivier na we wakiniye Rayon Sports, APR FC, ikipe y’igihugu Amavubi ubu akaba ari muri Al Kawkab muri Saudi Arabia. Kugeza…
Umukobwa yagiye gusura umusore muri ghetto yanga kumurongora ibyakurikiyeho ni agahomamunwa
•
Amakuru avuga ko ibi byabaye mu masaha ya saa munani (14h00), zo ku wa 14 Nyakanga 2024, ubwo umusore usanzwe ukora akazi k’ubuzamu yasuwe n’umukobwa, babana mu gihe kitarenze ukwezi bacumbitse maze umusore biba ngombwa ko asaba umukobwa gutaha iwabo mu karere ka Gakenke maze arinangira yanga gutaha. Umusore yasohotse hanze gato agarutse arebye…