Ibiribwa ukwiye kwirinda n’ibyo kwitondera mu gihe ujye urwara ikirungurira cyangwa kugaruka kwa Aside
•
Ikirungurira no kugaruka kw’aside iba mu gifu, bikunda kwibasira abantu bamwe na bamwe bikaba byabateza ikibazo cyo kutamererwa neza. Kugarura aside ni ikibazo kibasira agace gashinzwe kwifunga gatandukanya umuhogo n’igifu (Lower Esophageal Sphincter (LES)) kabuza ibyamaze guca mu muhogo kugaruka. Iyo kadakora neza bitera ibyo wariye kugaruka, nuko ukumva uburibwe mu gatuza cg mu…
Uwahoze ari umugore w’umuhanzi Platini agiye gushaka undi mugabo nyuma ya gatanya yahawemo miliyoni 35 n’imodoka
•
Nyuma yuko ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amakuru avuga ko Platin P yamaze guhana gatanya n’umugore we Oliva, kuri ubu haravugwa andi makuru ko Oliva yaba agiye gushaka undi mugabo usimbura Platin P. Mu mpera z’ukwezi kwa 6 nibwo Platin P n’uwahoze ari umugore we Oliva bagannye mu rukiko rwa Nyamata bahabwa gatanya umwe aca…
Abakozi ba APR fC bari bafunzwe kubera amarozi bafunguwe
•
Abakozi batatu ba APR FC baregwaga n’Ubushinjacyaha bwa Gisirikare gucura umugambi wo guha abakinnyi ba Kiyovu Sports ibintu bibaca intege, barekuwe nyuma y’umwaka n’amezi abiri bafunzwe. Muri Gicurasi 2023 nibwo haje amakuru y’uko abakozi batatu ba APR FC, Mupenzi Eto’o wari ushinzwe kugurira iyi kipe abakinnyi, Maj. Uwanyirimpuhwe Jean Paul wari ushinzwe ubuzima bwa…
Ruboneka Bosco, Manishimwe Djabel bari mu gahinda gakomeye
•
Umutoza Ntirenganya Jean de Dieu wazamuye abakinnyi nka Manishimwe Djabel, Ruboneka Bosco n’abandi yitabye Imana azize uburwayi. Ntirenganya yari amaze igihe arwaye aho yarwariye mu bitaro bya Kiziguro, avayo ajyanwa i Rwinkwavu, yitabye Imana ku mugoroba w’ejo hashize ku wa Kane tariki ya 4 Nyakanga 2024. Ntirenganya Jean de Dieu wazamuye abakinnyi benshi, yari…
Impamvu 10 zishobora gutera ikibazo cyo guhagarara k’umutima n’uko wabyirinda
•
Guhagarara k’umutima (heart attack cg se myocardial infarction), bibaho mu gihe amaraso yajyaga mu mutima yifunze. Ni ha handi ubona umuntu wajyendaga neza, cg se utari uziho uburwayi budasanzwe umutima uhagaze ukumva yapfuye. Guhagarara k’umutima biterwa akenshi nuko cholesterol iba yabaye nyinshi mu mijyana y’amaraso, ibinure cg se ibindi bintu nabyo bishobora gutera imijyana…
Euro2024: Ubufaransa bwasezereye Ububirigi bigoranye cyane
•
Ikipe y’Ubufaransa yasezereye bigoranye Ububiligi ibutsinze igitego 1-0 mu mukino wa 1/16 cy’irangiza mu gikombe cya Euro 2024. Mu mukino utaryoheye ijisho, aya makipe yombi yabonye amahirwe menshi ariko kuboneza mu nshundura biba ikibazo. Ubufaransa bwabonye igitego nyuma yo kugerageza amashoti 20 yose, rimwe rikaba ariryo rijya mu izamu. Ububiligi bwagerageje 5 ariko abiri…