Abagore: Ibyo wakora n’uko wakwitwara bigatuma umugabo agukunda bitangaje
•
Abagabo kenshi bashimishwa no kubona bitaweho. Ku babizi neza burya umugabo witaweho, afashwe neza ntacyo wamuburana. Abagore nabo bazwiho gushaka buri kimwe cyose cyatuma umugabo abaho yishimye. Mu gihe ukundanye n’umuntu hari ibintu uba ugomba kumukorera ku buryo bigoye kwibagirwa uwabigukoreye kandi bigatuma umuntu abaho yishimye. Dore ibintu utari uzi wakorera umugabo akagukunda…
Uko Regero Norbert yiswe Digidigi, icyo bisobanura ndetse n’uko afata iri zina kugeza ubu
•
Regero Norbert wamamaye nka Digidigi yahishuye inkomoko y’iri zina rimuha umugati. Digidigi ni izina abantu benshi bazi muri sinema Nyarwanda by’umwihariko abakunzi bayo. Digidigi ubusanzwe yitwa Regero Norbert akaba yaramamaye muri filime zitandukinaye zirimo na Papa Sava. Digidigi asobanura uko iri zina rimuha umugati ryaje yagize ati: “Digidigi ni izina ryaje kubera Papa…
PSG yigwijeho ibyamamare iracakirana na Real Madrid muri 1/8 cya Champions League. Uko imibare ihagaze
•
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, i Parc des Princes ku kibuga cy’ikipe ya Paris Saint Germain harabera umukino w’imbaturamugabo iyi kipe ikina na Real Madrid muri 1/8 cya UEFA Champions League. Lionel Messi na Sergio Ramos bakundaga guhangana muri Espagne, bombi baraba bagabye igitero kuri Real Madrid bashaka kuyisezerera muri iri…
Dore ibimenyetso 9 byakwereka ko uwo ukunda atagukunda ahubwo yifitiye undi akunda
•
Kutizerana hagati y’abakundana n’abashakanye ni ikintu kiri gukura cyane muri iyi minsi, mbese kiri kuba nk’umuco w’urubyiruko rw’ubu, ahari wagira ngo hari uwabateye umwete wo kubikora. N’ubwo bimeze bityo si bose bamenya ko bashyizwe inyuma y’umuryango ngo batamenya uko iyo kinamico yo gucana inyuma iri gukinwa. . Ibimenyetso byakwereka ko umukobwa ukunda akunda undi…
Ubwiza N’ikimero Bya Munganyinka Jessica Ukora Muri Banki Ubu Akaba Ahataniye Ikamba Rya Miss Rwanda 2022 – AMAFOTO
•
Munganyinka Jessica ufite ikamba rya Miss Model World Rwanda, ni mu bakobwa bitabiriye Miss Rwanda 2022 babashije gukomeza kandi banafite amashuri afatika kuko yasoje icyiciro cya kabiri cya kaminuza. Yahishuye byinshi bimwerekeyeho n’uburyo yiteguye guhatana kugeza ku ikamba. Kuwa 12 Gashyantare 2022 ni bwo hashyizwe akadomo ku majonjora y’abagomba kuvamo Miss Rwanda 2022.…
Dore ibintu abakundana bagomba gukora mbere yo gukora ubukwe
•
Hari ibintu by’ingenzi abakundana bitegura no kuzarushinga baba bagomba kubanza gufata umwanya wo kubitekerezaho no kubikora bikabafasha gutegura ubukwe neza ndetse bakaba banitegurira kuzagira ibizabafasha mu rugo rushya. Dore ibintu abakundana bagomba gukora mbere yo gukora ubukwe: Kumenyana kw’imiryango Nyuma y’uko abakundana bamenyanye neza ndetse bakamara no kwiyumvanamo ko umwe azabana…