Shaddyboo yongeye kwibasirwa bikomeye kubera ibyo yifuza gukora ku munsi wa Saint Valentin
•
Umunyamidelikazi ukunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga zo mu Rwanda, Mbabazi Shadia wamamaye ku izina rya Shaddy Boo yongeye kwibasirwa n’abatari bake ku mbuga nkoranyambaga ze nyuma yo kwandika ko ashaka umusore ukodeshwa wa St.Valentin. Abasore batari bake mu buryo bwo gutebya nabo bagiye bashyiraho Amafoto asekeje ndetse bakarenzaho n’amafaranga bumva bakorera kuri icyo…
Abasore: Dore ibintu 3 wakora mu gihe umukobwa ukunda yiburisha kugirango umwirukeho
•
Rimwe na rimwe abakobwa hari ubwo biburisha, bakagorana kubabona atari uko bafite akazi cyangwa se badahari ahubwo ari ukugira ngo bagorane cyangwa se akaba atanagushaka. Kwiburisha no ku kwirengagiza ni umwe mu mikino abakobwa benshi bakunda gukina iyo waberetse ko ubitayeho. Ese arakugora? Akunda kwiburisha cyane? Hano twaguteguriye umukino wamukina nawe kandi ukamutsinda.…
Dore umuti ukomeye w’ibishishi byo mu maso wakwikorera mu rugo
•
Ibiheri ni indwara ibangama ikanabangamira cyane abakobwa dore ko rimwe na rimwe biba binaryana. Byaba ibiheri byo mu maso, mu mugongo, mu gatuza n’ahandi, ariko hari umuti woroshye wakoresha mu kwivura ibyo biheri. Umuti woroshye w’ibishishi byo ku ruhu nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru Sante Plus Mag gitanga inama ku buzima: 1. Ibinini bya…
Abakobwa: Niba umusore mukundana agaragaza ibi bimenyetso ni umwizerwa. Ntukwiye kumushidikanyaho
•
Umusore w’indahemuka, umusore mwiza ku mutima no ku mubiri ashimishwa no kubona uwo yihebeye yishimye. Muri iyi nkuru uramenya itandukaniro rye n’abandi basore. Kwizerana ni cyo kintu gishyira abantu hamwe. Iyo abantu bakundana bari kunyura mu bihe bigoye ikintu kibashyira hamwe ni ukwizerana, kubahana no gukundana. Kwizerana kw’abakundana ni cyo kintu kibashyira hamwe…
Dore impamvu abagabo bagirwa inama yo kurara batambaye umwenda n’umwe
•
Kurara nta myenda bambaye ni ikintu cyiza ku bagabo, kuko bituma ubuzima bwabo burushaho kuba bwiza. Abagabo benshi bakunda kurara bambaye ubusa , ariko bakabikora batazi impamvu yabyo. Muri iyi nkuru turakugezaho impamvu nyamukuru, zishobora gutuma umugabo arara yambaye ubusa. 1. Bigabanya umunaniro Ntabwo ari ibanga, kurara wambaye imyenda birabangama cyane by’umwihariko…
Uburanga n’ikimero by’umunyamideri Keza wavuzweho udushya dutandukanye – AMAFOTO
•
Keza Terisky ni umunyamideli, akaba n’umushabitsi ubirambyemo igihe kirekire ari mu bakobwa bakunze kwifashishwa mu mashusho y’abahanzi batandukanye mu Rwanda kuko yagaragaye muri ‘Pete Kidole’ ya Urban Boyz, Good Life na ‘Mama’ ya Urban Boyz, Go mama ya Active n’izindi. Uyu munyamideli yigeze kuvugwaho ibintu bitandukanye mu myidagaduro birimo kuba yarambaye ubusa akikinga…