Urugendo rw’umuhungu wa Museveni, Gen. Muhoozi, mu mboni za guverinoma y’u Rwanda
•
Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Mukuralinda Alain, yatangaje ko icyizere ku izahuka ry’umubano na Uganda wari umaze imyaka itanu urimo agatotsi kigeze kuri 60%. Mu kiganiro ishusho y’Icyumweru kuri RBA, Me Alain Mukuralinda yavuze ko u Rwanda rutazahubukira ibyo gufungura imipaka na Uganda ariko yemeza ko kuba Umuhungu wa Museveni aherutse kugera…
Umukecuru ufatwa nka Slay-queen ukuze kurusha abandi ku isi akomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga – AMAFOTO
•
Umukecuru w’imyaka 93 y’amavuko akomeje gutangaza abantu benshi kubera uburyo yigaragaza kumbuga nkoranyambaga. Helen Van Winkle yavutse mu 1928 akomoka muri Kentucky muri Amerika avugako yakunze ibijyanye n’imyambarire akiri muto ariko ngo mugihe cye kwigaragara ntibyari byoroshye. Muri 2018 mu kwezi kwa Karindwi, ubwo yizihizaga isabukuru y’amavuko y’imyaka 90Uyu mukecuru ukunda ibijyanye n’imyambarire, amaze…
Perezida wa Burkina Faso na we yahiritswe ku butegetsi ahita anatabwa muri yombi n’igisirikare
•
Perezida wa Burkina Faso, Roch Kabore biravugwa ko yafungiwe mu kigo cya gisirikare n’inyeshyamba, nk’uko byatangajwe n’abashinzwe umutekano wa kiriya gihugu. Kuri uyu wa mbere ni bwo Perezida wa Burkina Faso, Roch Kabore, yafungiwe mu kigo cya gisirikare n’abasirikare bigometse, nk’uko byatangajwe n’abashinzwe umutekano babiri n’umudipolomate wo muri Afurika y’iburengerazuba, nyuma y’amasasu yavugiye…
Reba ibintu bibabaje byabaye ku musore nyuma yo guha impyiko nyina w’umukobwa bakundanaga
•
Umugabo wahaye impyiko nyina w’umukobwa bakundanaga yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kubikora kuko uyu mukunzi we yahise ashaka n’undi mugabo. Uyu mugabo witwa Uziel Martínez,yatangarije iyi nkuru ibabaje kuri TikTok gusa yemeza ko nta nzika afitanye n’uwahoze ari umukunzi we. Uziel Martínez usanzwe ari umwarimu ukomoka muri Mexico, yakoze urukurikirane rwa videwo…
Umugabo yaparamiye indege yavaga muri Afurika y’Epfo yihisha mu mapine yayo kugeza ageze mu Buhorandi
•
Polisi mu Buholandi ivuga ko yasanze umuntu muzima mu gice cy’amapine y’indege yari imaze kugwa ku kibuga cy’indege cya Schiphol i Amsterdam ivuye muri Africa y’Epfo. Indege zivuye i Johannesburg zijya i Amsterdam zikoresha amasaha 11, iyi ndege y’imizigo bivugwa ko yo yanahagaze rimwe i Nairobi, muri Kenya. Ni ibintu…
AFCON2022: Tunisia itahabwaga amahirwe yasezereye Nigeria yari yaciye agahigo mu matsinda
•
Ikipe ya Tunisia itahabwaga amahirwe na benshi mu bakunzi ba ruhago imbere ya Nigeria muri 1/16 cya AFCON 2021,yakoze ibitangaza isezerera iki kigugu cyari cyiganjemo abakinnyi bakiri bato igitsinze igitego 1-0. Muri uyu mukino wabaye kuri iki cyumweru kuri Roumde Adjia Stadium i Garoua, Tunisia yeretse isi yose ko umupira atari amagambo gusa…