Dore ibintu utari uzi kandi byoroshye wakorera umugabo wawe akagukunda nk’aho uri umugore umwe ku isi
•
Abagabo kenshi bashimishwa no kubona bitaweho. Ku babizi neza burya umugabo witaweho, afashwe neza ntacyo wamuburana. Abagore nabo bazwiho gushaka buri kimwe cyose cyatuma umugabo abaho yishimye. Mu gihe ukundanye n’umuntu hari ibintu uba ugomba kumukorera ku buryo bigoye kwibagirwa uwabigukoreye kandi bigatuma umuntu abaho yishimye. Dore ibintu utari uzi wakorera umugabo akagukunda…
Dore ibintu 7 byagufasha kwigarurira umutima w’uwo ukunda akaguhoza ku mutima
•
Ahari warebye amafilime menshi avuga ku rukundo, ahari wayigiyemo byinshi. Urukundo rusanzwe akenshi ruba rutandukanye nibyo abantu bareba muri filime.Mu buzima busanzwe urukundo rusaba kubaho ku bwa mugenzi wawe. Tugiye kurebera hamwe uburyo 7 wakoresha ukamwigarurira kandi ukamugumana burundu. . Ibyo wakora bikagufasha kwigarurira umukunzi wawe . Ibintu byoroshye byagufasha gukundwa n’umukunzi wawe…
Abakobwa: Umusore uvuga aya magambo cyangwa akakwitwaraho gutya reka kumuha umutima wawe kuko azakubabaza nta kabuza
•
Umusore utazi icyo ashaka ntuzamuhe umwanya na muto. Mureke navumbura ko wamuretse azashaka uko mubiganiraho, mwembi mushake uko mukomezanya ariko mwabikemuye. . Umusore Nk’uyu Azakubaba . Ibiranga Umusore Udashobotse Umusore Utazavamo Umugabo Mwiza 1. Umusore ukubwira ko ashaka kugendana n’ibigezweho, umusore ushaka kugurukana n’isi, ushaka kugendera ku muvuduko iriho uwo burya yana…
Imitoma 12 irenze! Gerageza umwe aka kanya wirebere ikintu gitangaje kiba mu rukundo rwawe
•
Burya kugira ngo urukundo rukomeze rutohe ruruheho kuryoha bituruka ku bintu byinshi birimo n’amagambo abakundana babwirana. Menya amagambo akwiriye wabwira umukunzi wawe ubinyujije mu butumwa bugufi bikamushimisha cyane. . Amagambo y’urukundo wakoherereza umukunzi wawe muri SMS . Imitoma yagufasha kwigarurira umutima w’umukunzi wawe . Imitoma wakoresha ushimisha umukunzi wawe . Ifashishe aya magambo wereke…
Mani Martin yahishuye uburyo umukobwa yamuhereye uburozi kuri stage n’uburyo guma mu rugo yamuteye ihungabana kubera ibyo yamuzaniye
•
Umuhanzi Mani Martin yavuze byinshi ku mukobwa wagerageje kumuroga , ubwo yamuhanga impano ari ku rubyiniro, akamutegeka kuyifungura ajyeze kuburiri , anakomoza kw’ihungabana yatewe no gutakaza akazi mu gihe cya COVID-19. . Mani Martin Yahuye N’agahinda Gakabije Kubera Covid-19 Umukobwa Yashatse Kuroga Mani Martin Mani Martin Yahawe Uburozi Nk’impano Uyu muhanzi mu kiganiro…
ibitangaje kuri Vitamini E ifasha abagore n’abakobwa kugira uruhu rukeye n’umusatsi mwiza cyane. Dore ibiribwa wayisangamo
•
Muri iki gihe abantu benshi cyane cyane ab’igitsina gore usanga bahangayitse bashaka ubwiza bwaba ubwo ku ruhu nko mu maso ndetse n’ubwiza bw’umusatsi.Ibi rero kugira ngo babigereho bakoresha inzira nyinshi ndetse hari n’abo bidahira,aho kugirango uruhu rumere neza ahubwo rugahindana. . Icyo wakora ugahorana uruhu rukeye n’umusatsi udacikagurika . Akamaro ka Vitamini E…