Ese Opozisiyo ni iki? Ese koko Leta y’u Rwanda ntiyemerera abatavuga rumwe na yo gutanga ibitekerezo – Igisubizo cya Perezida Kagame
•
Perezida Paul Kagame yavuze ko mu Rwanda opozisiyo ihari, ko ahubwo itakabaye ibaho igamije gusenya, yemera ko hari ingingo zimwe na zimwe ntakuka ku kuba yakumvikanaho n’abari ku butegetsi ku neza y’abaturage n’igihugu muri rusange, ahakana ko igihugu cye kibangamira opozisiyo. . Icyo perezida Kagame avuga kuri Opozisiyo yo mu Rwanda . Abatavuga rumwe…
Akamaro k’intagarasoryo(inkarishya) utubuto tw’ingenzi kandi tuvura indwara zinyuranye ziganjemo iz’ibikatu
•
Inkarishya, intagarasoryo nk’uko mu duce tunyuranye bazita ni utubuto turi mu bwoko bw’intoryi gusa tukaba duto cyane kandi tukarura. . Ibintu bitangaje ku ntagarasoryo benshi bita iz’abakecuru . Ibintu bitangaje byakubaho uramutse ugiye urya intagarasoryo Usanga abakecuru baduhekenya cyangwa ugasanga yaratwanitse akoramo agafu akajya aminjira ku byo kurya. Si bo gusa, kuko gusanga umuntu…
Dore ibintu umugore wese uca inyuma umugabo we akora. Nubibona urabe maso
•
Abantu bacana inyuma ku bw’impamvu zitandukanye, ariko muri rusange ni uko guca inyuma uwo mukundana by’umwihariko uwo mwashakanye ari bibi, impamvu iyo ariyo yose watanga ntabwo ikwiriye kandi ntiyasobanura icyatumye ubikora. Ku bagore babikora bafite ibintu bibaranga. . Ibinyetso byakwereka ko umugore wawe aguca inyuma . Nubona ibi bimenyetso uzamenye ko umugore wawe aguca…
Umunyarwandakazi Shallon yemeje Rema ku rubyiniro mu ndirimbo ye yise Soundgasm || Udushya n’udukoryo byaranze igitaramo cya Rema- AMAFOTO
•
Umuhanzi Rema ukomoka muri Nigeria, yakoreye igitaramo cy’amateka i Kigali ava ku rubyiniro asa n’utameze neza aho yasanganiwe n’abacungaga umutekano we (bouncers) bakamutwara mu maboko, ni mu gihe abafana bari bagifite inyota yo gukomeza gutaramana na we. . Umuhanzi Rema,Igitaramo Cy’umuhanzi Rema . Amafoto Y”Umuhanzi Rema,Udushya Twaranze Igitaramo Cya Rema . Rema Yeretswe Urukundo…
Abasore gusa: Dore ibintu 11 umukobwa uhamye azagusaba mu rukundo! Kora ibi bintu ubundi umwegukane bitakugoye
•
Ikintu cy’ingenzi ukeneye kumenya ku mukobwa ushikamye kandi wihagazeho, ni uko iteka azahora azi agaciro ke. Uyu ni wa mukobwa udashukika byoroshye. Nta n’ubwo azajya mu rukundo n’umuntu ataragenzura neza cyangwa umuhungu utamwitaho mu buzima busanzwe ngo anamubwire ko ari mwiza kandi amukunda. . Ibiranga umukobwa uzi icyo ashaka . Umukobwa uhamye azagusaba ibi…
Umukobwa w’ikimero yasabeje umukunzi we wari ugiye kumwambika impeta
•
Umukobwa yateje unukunzi we rubanda, nyuna y’uko aciye bugufi agashyira ivi rye ku butaka ashaka kumwambika impeta imusaba kuzanubera umugore, undi nawe amwereka urwo imbwa yaboneye ku mugezi. Nubwo ibi byifuzwa na buri musore ndetse bikanashimisha umukobwa wabikorewe n’uwo akunda, akenshi usanga hari abo bisize mu gahinda gakoneye ku buryo byanabaviramo kuzinukwa urukundo cyangwa…