Cristiano Ronaldo ashobora kuva muri Manchester United mu minsi ya vuba
•
Cristiano Ronaldo wagarutse muri Manchester United uyu mwaka ashobora kuva muri iyi kipe mu gihe itagera kure muri Champions League. Manchester United iri mu bihe bitari byiza by’umwihariko mu mikino ya Shampiyona baheruka gutsindwamo na Manchester City ibitego 2-0. Nk’uko tubicyesha ikinyamakuru The Express, gitangaza ko Ronaldo ashobora kuva muri iyi kipe…
Ibintu byafashe indi ntera hagati ya Ariel Wayz na Juno Kizigenza. Reba noneho ibyo bakoreye mu ruhame – AMAFOTO
•
Juno Kizigenza na Ariel Wayz bakomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga basomanira mu ruhame nyuma yo kubyerekanira kure bihishira byitwa ko ari ugutwika nyamara ubu bikaba atari ko bikimeze. . Ariel Wayz na Juno Kizigenza bakomeje gutwika . Ariel Wayz na Juno Kizigenza basomaniye mu ruhame Byatangiye bihishira ku buryo Juno Kizigenza…
Fasha umukunzi wawe kwirirwana akanyamuneza ukoresheje umwe muri iyi mitoma 10
•
Muri iyi nkuru turagufasha gukangura umukunzi wawe mu magambo meza, umufashe kugira umunsi mwiza. . Imitoma yagufasha gutuma umukunzi wawe yirirwa neza . Imitoma wakwifashisha mu gitondo Amagambo meza ni mugenzi w’Imana. Iyo bigeze ku muntu ukunda uba ugomba gushyiramo akarusho kugira ngo amenye neza ko umutandukanya n’abandi. Inshuti ziba zigomba gutandukana.…
Umugabo yishe umuvandimwe we bapfa umugore
•
Kubera gufuha, umugabo yishe umuvandimwe we bahuje umubyeyi umwe akoresheje umuhoro. Aya mahano yabaye ku cyumweru tariki ya 07 Ugushyingo 2021, mu mudugudu wa Kilif Galel, muri komine ya Mboula. Aya mahano yasize abatuye umudugudu wa Kilif Galel mu gahinda cyane ko uyu mugabo yakoze ibi abitewe nuko yumvise ko uyu mugenzi we…
Ibintu umukobwa atagomba gukora ari bwo akimenyana n’umusore umusaba urukundo
•
Umukobwa ukimenyana n’umusore umusaba urukundo, hari imyitwarire aba agomba kwirinda kugira ngo urukundo rwabo rudahita ruzamo agatotsi rutamaze kabiri. . Ibintu Umukobwa Atagomba Gukora Akimenyana N’umusore Umusaba Urukundo . Irinde gukora aya makosa niba ari bwo ugikundana n’umusore Ibintu umukobwa atagomba gukora akimenyana n’umusore umusaba urukundo byatangajwe n’urubuga Elcrema rutanga inama mu rukundo:…
Dore uko wahangana na aside nyinshi mu gifu ukoresheje ibyo kurya gusa ugaca ukubiri no kukirwara ndetse n’ikirungurira cya hato na hato
•
Aside nyinshi mu gifu irangwa na bimwe mu bimenyetso birimo; kokera mu gifu, ikirungurira n’ibindi biba byerekana ko yarenze iyikenewe bityo bikaba byabangamira imikorere y’igifu. . Aside Nyinshi Mu Gifu . Uko Wagabanya Aside Mu Gifu . Uko Wakwivura Ikirungurira Kuba nyinshi mu gifu biterwa n’ibintu binyuranye, muri byo hakabamo ibyo kurya bitarimo…