Ntibisanzwe: Yakingishije inzoka ku gipangu cye kugirango ahime abapangayi be
•
Umugabo usanzwe afite amazu muri Kenya yakoze agashya akinga urugi rw’igipangu akoresheje inzoka nzima kugira ngo abapangayi akodesha batinjira. . Yakingishije inzoka ku gipangu cye kugirango abapangayi batinjira . Yafungishije inzoka ku gipangu . Mu rwego rwo guhima abapangayi, yashyize inzoka ku rugi rw’igipangu cye Abapangayi bakodesha amazu y’uyu mugabo batashye mu rugo bananiwe…
Biravugwa: Abarwanyi bateye Rutshuru kuri iki cyumweru baba baraturutse mu Rwanda
•
Inzego z’ubuyobozi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziravuga ko abarwanyi bataramenyekana baraye bagabye igitero muri Groupement ya Jomba ho muri Teritwari ya Rutshuru baturutse mu gice cy’u Rwanda. Mu ijoro rishyira kuri uyu wa Mbere ni bwo muri kariya gace humvikanye imirwano ikaze hagati y’ingabo za FARDC n’abo barwanyi. Umuyobozi wa Groupement ya…
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwakatiye umugabo wasambanyije umwana yibyariye akamutera inda
•
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwakatiye igihano cy’igifungo cy’imyaka 20 umugabo wasambanyije umwana we akamutera inda. Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwaburanye urubanza bwaregagamo umugabo wasambanyije umwana yibyariye wari ufite imyaka 17 y’amavuko akamutera inda ku itariki ya 05 Ukwakira 2021. Ibi bikaba byarakozwe mu mwaka wa 2019 ubwo nyina w’umwana yari yarahukanye ,…
Dore amakosa 7 ukwiye kwirinda igihe uri koga kuko yagushyira mu kaga gakomeye
•
Koga buri munsi ni ingenzi ku isuku y’umubiri, kuko bifasha gusohora imyanda mu mubiri no kurinda uruhu. Uburyo ndetse n’ibyo ukora mu gihe uri koga ni ingenzi cyane kuko bigena imiterere myiza cg mibi y’uruhu rwawe. . Ibintu by’ingenzi ugomba kwitaho igihe uri koga . Amakosa ukwiye kwirinda igihe cyo koga . Amakosa 7 abantu…
Babaho bambaye uko bavutse! Abagabo basangira abagore nk’ikimenyetso cy’ubushuti: Byinshi ku bwoko bw’aba Koma
•
Kwambara uko wavutse byari byemewe muri Edeni, bitanateye isoni. Icyo gihe nta cyaha cyari kiragera ku isi ku babyemera. Uku kubaho abantu batambaye rero byaje gukwirakwira mu bice bimwe na bimwe by’isi birimo na Afurika kugeza ubwo ubukoroni bwaziye imyenda ikagezwa ku isoko. Mu bice by’i Burengerazuba bw’isi, uyu muco wo kwambara ubusa…
U Rwanda rwatangiye imishyikirano n’urubuga rwa Youtube igamije kureba uko zimwe muri shene zafungwa
•
Umuvugizi w’urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, Dr Murangira Thierry yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda iri mu biganiro n’ikigo cya YouTube bishobora gutuma zimwe muri shene zifungwa. . Zimwe muri Shene za Youtube zishobora gufungwa . Leta y’ U Rwanda irimo kuganira na Youtube Mu kiganiro yagiriye kuri televiziyo y’igihugu, Dr Murangira yatangaje ko…