Lionel Messi arimo kugurisha inzu ye y’akataraboneka iri i Miami – AMAFOTO
•
Rutahizamu Lionel Messi wa PSG. yashyize ku isoko inzu ye nziza cyane ashakamo miliyoni 5 zamapawundi. . Inzu Ya Messi Iri I Miami . Messi Aragurisha Inzu Ye Uyu mukinnyi w’icyamamare ukomoka muri Argentine, 34, amaze igihe avuze ko yifuza kuzakina muri Amerika, ndetse ngo ashobora kwerekeza muri MLS narangiza imyaka ibiri yasinye muri…
Umugore yahuye n’uruva gusenya kubera gukoresha akamashini bacomeka ku mashanyarazi ngo yishimishe mu buriri
•
Umugore wikinishaga akoresheje akamashini bacomeka ku muriro w’amashanyarazi yahuye n’uruva gusenya ubwo aka kamashini katurikiraga mu myanya myibarukiro ye agahita atakaza ubwenge hafi yo gupfa. . Akamashini yakoreshaga yikinisha katurikiye mu myanya y’ibanga . Umugore yari ahasize ubuzima kubera akamashini gasimbura umugabo mu gutera akabariro Dukurikije ibisobanuro byaherekeje aya makuru n’ifoto yakwirakwijwe…
Ibyabaye ku mwana w’umukobwa nyuma yo kwanga kuryamana n’umushoferi w’amakamyo biteye agahinda
•
Irene Mbithe ni umukobwa ufite imyaka 23. Inkuru ye itangira ku ya 20 Kanama ubwo yavaga iwe akajya gushaka akazi ko mu rugo i Mombasa, agezeyo umukoresha we amubwira ko atamuha akazi nta ndangamuntu afite. Kubera ko atari afite amafaranga yo gusubira iwabo, hari uwamubwiye gusaba lift mu makamyo agenda mu muhanda wa Mombasa.…
Ibintu 5 byoroshye cyane wakorera umukobwa ukunda agahita akwimariramo agahora yifuza guhorana nawe
•
Usanga abasore benshi cyangwa se abagabo bifuza kubona abakobwa b’inshuti zabo babasekera, babamwenyurira n’ibindi byerekana ko banezerewe, dore ko hafi y’abasore bose ngo babikunda ariko ngo ugasanga hari abatabigeraho bagakeka ko ahari ari uko inshuti zabo zitabishimiye. Nyamara ariko ngo si ko kuri kuko kugira ngo umukobwa yishime, aseke, amwenyure biterwa n’uko umusore bari…
Umugabo utaragiraga aho kuba kandi agatungwa n’umugati gusa ubu atunze miliyoni zirenga 40 z’amadolari
•
Umugabo waraye igihe kinini ku ntebe ya parike kubera ko atagiraga aho aba kandi agatungwa n’imigati ya Humberger,ubu buzima bwe bwarahindutse aba umuherwe utunze amamiliyoni hanyuma agurira amazu buri wese wo mu muryango we. Nick Mocuta w’imyaka 37, yakuriye muri Rumaniya ariko buri gihe yifuzaga kujya gushaka akazi muri Amerika. Afite imyaka 21,…
Umusore yahuye n’akaga ubwo yatereraga ivi umukobwa bakundana. Reba ibyo umukobwa yamukoreye
•
Nubwo izi ari inzozi za benshi, umukobwa ukiri muto yasebeje umukunzi we wateye ivi ku mugaragaro amusaba kuzamubera umugore aho kubyemera amukubita urushyi karundura Uyu musore yafashe umwanzuro wo guterera ivi mu ruhame agasaba uyu mukobwa bigana ku kigo kimwe ko yazamubera umugore ariko byarangiye ahuye n’akaga atazibagirwa. Video yakwirakwijwe ku mbuga…