Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Pasiteri Zigirinshuti Michel yahagaritswe muri ADEPR nyuma yo kubwiriza atanga urugero ku bacengezi

    Umuvugabutumwa umaze kumenyekana cyane mu Rwanda, Pasiteri Michel Zigirinshuti, yahagaritswe n’itorero rya ADEPR kubera amagambo yakoresheje ubwo yabwiriziga abigishwa, akageraho atanga ingero yifashishije intambara y’abacengezi yabaye mu Rwanda. .  Pasiteri Michel Zigirinshuti yavuze ko abanze kwitandukanya n’abacengizi bose bishwe .  Pasiteri Michel Zigirinshuti agomba gusobanura icyo yashakaga kuvuga mu kibwiriza cye yatanzemo urugero rw’abacengezi…

  • Ibyo wakora ukigarurira umutima w’umukobwa nyuma y’icyumweru kimwe gusa mumenyanye. Wowe bigerageze gusa wirebere

    Birashoboka ko hari umukobwa mwiza wabonye ndetse ukabona ko yazakubera umugore mwiza ariko ukabura aho uhera umusaba urukundo ngo wigarurire umutima we. Aha rero hari inama abahanga mu bijyanye n’imibanire batanga wakurikiza ukabasha kwigarurira umutima w’uwo wakunze mu gihe kitarenze iminsi 7 gusa: . Icyo wakora ukigarurira umutima w’umukobwa ukunda . Uko watereta umukobwa…

  • Waba ugira imihango ikurya cyane? Dore ibyo wakora n’ibyo wakwirinda bikakurinda ububabare

    Kubabara mu gihe cy’imihango imihango Iki ni ikibazo abakobwa benshi n’abagore bahura na cyo.Usanga buri wese wahuye n’iki kibazo ashakisha uko yagikemura akoresheje uburyo butandukanye ndetse akanarangira mugenzi we uko yabigenje agakira. . Icyo wakora mu gihe uribwa mu gihe cy’imihango . Imihango iryana n’uko wakwiyorohereza . Ibyagufasha kugabanya cyangwa gukira uburibwe mu gihe…

  • Umutoza Ole yavuze ibintu bikomeye kuri Cristiano Ronaldo ukomeje kumukura mu menyo ya rubamba

    Umutoza Ole Gunnar Solskjaer w’Ikipe ya Manchester United, yavuze imyato Cristiano Ronaldo nyuma yo kongera kurokora iriya kipe muri UEFA Champions league.   . Cristiano Ronaldo yongeye gutabara umutoza Ole . Cristiano Ronaldo yafashije Manchester United kunganya na Atalanta   Cristiano yahetse Manchester ku mugongo we ayifasha kunganyiriza na Atalanta mu Butaliyani ibitego 2-2,…

  • Ibimenyetso 6 bizakwereka ko umukobwa yifuza ko mujyana mu gitanda

      1. Yifuza kuba kumwe nawe muri mwenyine: Niba ahora aza kugusura aho uba kandi uba wenyine ni ikimenyetso ko yifuza ko murenga ubucuti busanzwe. 2. Akoherereza ubutumwa bushotorana: Niba umukobwa ahora akoherereza ubutumwa bw’imitoma, akubaza ibijyanye n’akabariro cyane cyangwa akakubwira ibimwerekeyeho bijyanye n’iyi ngingo menya ko yifuza ko mugerana kure. 3. Atangiza ikiganiro…

  • Ibimenyetso 10 byakwereka ko urwaye impyiko

    Abantu benshi barwara impyiko ariko ntibabimenye kubera kwitiranya ibimenyetso byazo n’ibindi cyangwa kubera ko nta kimenyetso na kimwe babonye.   . Akamaro k’impyiko mu mubiri w’umuntu . Ibimenyetso biranga umuntu urwaye impyiko   Impyiko ni igice gikomeye cyane mu mikorere myiza y’umubiri w’umuntu kuko zifasha cyane cyane mu bijyanye no kuyungurura amaraso. Iwacumarket.xyz igiye…