Ntibisanzwe: Sosiyete ikomeye igiye guha akazi abantu bashobora kuryama igihe kinini kurusha abandi ibahembe akayabo
•
Biratangaje kuba umuntu yahabwa akazi ko kuryama gusa, Kompanyi ya Crafted Beds yo muri Ghana iri mu zikomeye ikora ibijyanye na matera, iyiye gutanga akazi ku bantu bazajya baryama kuri matera zabo aho ku kwezi izajya yishyura umuntu ibihumbi 17 by’ama Cedi, akoreshwa muri kiriya gihugu ni ukuvuga 2,834,767Frw. . Akazi ko kuryamira .…
Ibintu 5 ugomba kwirinda gukora mbere gato yo gutera akabariro kuko byagukururira ibyago bikomeye
•
Gutera akabariro bifitiye akamaro gakomeye umubiri nko gutuma umutima ukora neza, kugabanya umunaniro ukabije, kugabanya umuhangayiko, kugabanya uburibwe mu mubiri. . Ibintu bibi ugomba kwirinda gukora mbere y’imibonano mpuzabits1na . Ntuzakore ibi bintu mbere yo gutera akabariro Nyamara hari ibikorwa bigaragara nk’ibisanzwe bishobora gutera ingaruka mbi zikomeye mu gihe bikozwe mbere cyangwa…
Abakobwa: Dore ibintu 7 byizewe wakorera umusore mukundana ntazigere aguca inyuma
•
Abantu benshi bavuga kenshi ko nta kintu wakora ngo ubuze umusore kuguca inyuma, ariko na none ntiwaterera agati mu ryinyo ngo utegereze ko bikubaho. . Uburyo bworoshye bwagufasha kurinda umugabo wawe kuguca inyuma . Uko warinda umusore mukundana kuguca inyuma . Kora ibi bintu niba wifuza ko umusore mukundana atazaguca inyuma Iga…
Rubavu: abana 4 bari baraburiwe irengero basanzwe mu buvumo barapfuye
•
Abana bane bo mu murenge wa Bugeshi ho mu karere ka Rubavu bari bamaze imyaka itatu baraburiwe irengero, kuri iki Cyumweru basanzwe mu buvumo barapfuye. . Abana 4 bapfiriye mu buvumo . Habonetse imirambo 4 y’abana bari barabuze Ku itariki ya 15 Nzeri 2018 ni bwo aba bana b’abahungu bari mu kigero…
mugiraneza Jean Baptiste uzwi nka Migi yapfushye umubyeyi
•
Mugiraneza Jean Baptiste wamenyekanye nka Migi mu kipe y’Igihugu ‘Amavubi’ no mu makipe atandukanye, ari mu gahinda gakomeye nyuma yo gupfusha nyina umubyara. Inkuru y’urupfu rw’umubyeyi wa Migi witabye Imana azize uburwayi yamenyekanye kuri uyu wa Mbere tariki ya 01 Ugushyingo. Migi asanzwe ari umuvandimwe wa Régis Mbonyingabo wa Kiyovu Sports, gusa na we…
Rulindo: Umubyeyi wari ugiye kubyara yoherejwe ku bitaro abwirwa ko umwana yapfuye nyamara agezeyo abyara umwana muzima
•
Umubyeyi witwa Mukankusi Penninah avuga ko yagiye kuri kimwe mu bigo nderabuzima byo mu Murenge wa Ntarabana mu Karere ka Rulindo, avuga ko yagiye kubyara, ageze ku kigo nderabuzima abaganga bakamubwira ko umwana atwite yapfuye, bamwohereza ku Bitaro bya Kibagabaga, akabyara umwana muzima. Aganira na RBA ati ”Mu masaha ya nimugoroba akenshi mu bigo…