U Rwanda rushobora kujya rwakirira imikino yarwo hanze y’igihugu nyuma y’uko Sitade ya Kigali nayo yanzwe na CAF
•
Impuzamashyirahamwe y ‘Umupira w ‘amaguru ku mugabane wa Afurika (CAF), yamenyesheje ishyirahamwe ry ‘Umupira w ‘amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ko Stade ya Kigali i Nyamirambo itaruzuza ibisabwa ngo yemererwe kwakira imikino mpuzamahanga itegurwa na CAF. . Stade ya Kigali na yo yangiwe kongera kwakira imikino mpuzamahanga U Rwanda rwari rumaze imyaka ibiri rwifashisha Stade…
Reba ukuntu umupasiteri yakoresheje umwana w’imyaka 12 mu mihango ya gipfumu ngo itorero rye ritere imbere
•
Uwiyise Pasiteri mu gihugu cya Nigeria yatawe muri yombi azira kugerageza gukoresha amaraso y’umukobwa muto w’imyaka 12 mu bupfumu. Uyu wiyita umupasiteri yavuze ko amaraso y’uyu mukobwa muto yayakoresheje kugira ngo itorero rye rikure. Nk’uko ukekwaho icyaha witwa Arinze abitangaza ngo yasabwe n’umupfumu witwa Mathew gushaka amaraso y’umwana bazakoresha mu bupfumu kugira…
Umenye ibi ntiwazongera kurara utariye Beterave. Reba akamaro gakomeye ka Beterave ku mubiri w’umuntu ndetse n’ibyo kwitondera
•
Beterave (iri ni izina ry’igifaransa, mu cyongereza izwi nka beetroots cg beets) ni zimwe mu mboga zikungahaye ku ntungamubiri, ikaba isoko nziza y’isukari nziza waha umubiri, ahenshi ikoreshwa mu mwanya w’ibisheke (no mu nganda yifashishwa mu gutunganya isukari), vitamini zitandukanye ziha umubiri imbaraga n’imyunyungugu. Beterave zishobora guhingwa ahantu hose, kandi nubwo ibarwa nk’imboga…
Padiri Mugisha arakekwaho kwica umuntu
•
Padiri Mugisha areganwa na Cayimani, Joseph Mutayomba, bombi polisi yahisemo kubashinja ubwicanyi nk ‘uko dosiye iriho ikirego ibigaragaza. Ivuga ko mu ijoro ryo kuwa 13 Ukwakira 2021, Kyeyune w ‘imyaka 30 yakubiswe na Padiri Mugisha afatanyije na Mutayomba, bimuviramo kwitaba Imana nyuma y ‘igihe gito. Kyeyune bivugwaho ko yari aje kwiba, ababibonye bavuga ko…
Ntuzabe umwana! Ibi ni byo bimenyetso byakwereka ko umukobwa agukunda atiriwe abikubwira
•
Bikunze kugorana ko wabona umukobwa utinyuka kubwira umuhungu ko amukunda. Mu Rwanda ho biba ibindi kuko usanga umukobwa yashakana n’umusore adakunda kandi hari uwo yakunze agatinya kubimubwira kubera kwitinya no gukurikiza uko kuva mu myaka yo hambere byari bimeze kugeza ubu. . Ibimenyetso byakwereka ko umukobwa akwiyumvamo . Nubona ibi bimenyetso ku mukobwa…
Dr. Pierre Damien Habumuremyi yahishuye icyo yari ahugiyeho muri gereza ya Kigali yari amazemo umwaka urenga
•
Dr Pierre Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe n’Umuyobozi Mukuru w’urwego rw’igihugu rushinzwe intwari, impeta n’imidali y’ishimwe, yatangaje ko mu gihe kirenga umwaka yamaze muri gereza ya Nyarugenge yanditse igitabo cya paji 400. . Dr. Pierre Damien Habumuremyi yanditse igitabo ku ngengabitekerezo ya jenoside iba muri gereza . Dr. Habumuremyi yahawe imbabazi na Perezida Paul…