Cristiano Ronaldo yihanije umutoza Ole batameranye neza muri iyi minsi
•
Umunyabigwi Cristiano Ronaldo ukinira Manchester United yabwiye umutoza we Ole Gunnar Solskjaer ko atari umukinnyi wo kwicara ku ntebe y’abasimbura. Uyu mukinnyi ukomoka muri Portugal yagejeje ubu butumwa ku mutoza wa Manchester United Ole, nyuma yo kumubanza ku ntebe y’abasimbura mu mukino baheruka kunganya na Everton igitego 1-1. Ronaldo yamubwiye ati: ’Meze…
Urukiko rwanzuye ko Hoteli y’umuryango wa Rwigara itezwa cyamunara. Adeline ati: “Ntawe uburana n’umuhamba”
•
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, Urukiko rw’Ubucuruzi mu Rwanda rwatesheje agaciro ikirego cyihutirwa cyatanzwe n’uruganda rw’itabi rwa Nyakwigendera Assinapol Rwigara cyo guhagarika guteza cyamunara Hotel igeretse 4 yabo. . Hotel y’umuryango wa Rwigara igiye gutezwa cyamunara . Umuryango wa Rwigara wongeye gutsindwa ku cyemezo cyo guteza cyamunara igorofa yawo . Adeline Rwigara…
Ukuri kose k’ubukwe bwa Marina na Yvan Muziki bwavugishije benshi
•
Hashize Iminsi hacicikana amafoto y’ubukwe agaragaza Marina na Yvan Muziki bikavugwa ko baba barakoze ubukwe mu ibanga rikomeye, Ukuri ni uko nta bwigeze bubaho ahubwo byari ifatwa ry’amashusho y’indirimbo bari gukorana. Amakuru dukesha Igihe yavuze ko amafoto yifashishijwe havugwa ko aba bahanzi bakoze ubukwe ari ayafotorewe mu ifatwa ry’amashusho y’indirimbo ‘Urugo ruhire’ ya…
Dore impamvu 5 simusiga zituma umukobwa atinda kukwemerera urukundo
•
Gusaba urukundo ku muhungu arusaba umukobwa si kintu cyoroshye abanza akabitekerezaho ndetse akanabitegura ngo hato adasebera imbere y’uwo yakunze, ariko ahanini abiterwa n’uko abakobwa benshi iyo basabwe urukundo badapfa kubyemera byoroshye rimwe na rimwe bahakanira umuhungu rimwe na rimwe bigatuma n’umuhungu yifata ngo adaterwa indobo, abakobwa bakunze kwihagararaho kabone niyo yaba yakunze umuhungu ate…
Inama ku bashakanye: Dore amakosa 5 ugomba kwirinda uri mu buriri
•
Mu bashakanye ikintu cy’ingenzi cya mbere ni ukubana neza kandi umubano wabo ugakomera ariko ibi ntibyagerwaho mu gihe hari ibitagenda neza mu buriri cyangwa mu gutera akabariro kuko ari ho hahera ibibazo bindi, iyo kuryamana bitagenda neza. Menya amakosa ugomba kwirinda mu buriri uri kumwe n’umugore wawe. . Uko ugomba kwitwara mu buriri…
Guinea Bissau: Haburijwemo umugambi wo guhirika ubutegetsi mu perezida w’iki gihugu ari mu ruzinduko
•
Ubuyobozi bukuru bw’Igisirikare cya Guinea Bissau kuri uyu wa Kane bwatangaje ko bwavumbuye abasirikare bari barimo gutegura guhirika ubutegetsi n’izindi nzego za leta muri iki gihugu cyo mu burengerazuba bwa Afurika. “Twabashije kumenya agatsiko k’abasirikare ba FARP (Forces armées révolutionnaires du peuple) karimo gushuka abasirikare kagura umutimanama wabo amafaranga kugirango bahindure itegeko nshinga ryashyizweho,”…