Umusore akomeje kuvugisha benshi kubera igihano yabonye nyuma yo guca inyuma umukunzi we
•
Umusore utavuzwe amazina,yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragara muri Euston,mu mujyi wa Liverpool n’ahitwa Waterloo mu mujyi wa London azenguruka yambaye icyapa cyanditseho amagambo atangaje. Abatuye Londres na Liverpool bavuze ko babonye uyu musore agenda azenguruka ahahurira abantu benshi, yambaye ikarito yanditseho ati: “Ku wa kane, naciye inyuma umukunzi wanjye kandi…
Ibimenyetso 8 bizakwereka ko atari uwo kwizerwa n’ubwo ku munwa avuga ibitandukanye
•
Mu rukundo ukwiriye kwizera umutimanama wawe gusa kuko ni wo udashobora kugutenguha. . Ibimenyetso byakwereka ko umukunzi wawe atari uwo kwizerwa . Ibiranga umuntu utari umwizerwa mu rukundo . Ibimenyetso byakwereka ko umukunzi wawe akubeshya Ntabwo akubwira ko aguca inyuma ariko arabikora. Birababaza ariko nawe urabibona n’ubwo wijijisha. Rimwe na rimwe abantu…
Umuririmbyikazi yavuze ko abisabwe n’abapasitoro yifashisha ikimero n’imyambarire bye kugirango abagabo bakizwe
•
Umuririmbyi wo muri Ghana yatangaje ko imyambarire ye ndetse n’imiterere ye byamubereye imbaraga zo guhindura benshi mu murimo w’Imana. . Kwambara impenure yababwe n’abapasitoro kugirango bakurure abayoboke Mu kiganiro n’umunyamakuru wo kuri Internet witwa Zion Felix muri The Uncut Show, uyu muhanzikazi Rhynie Simons yavuze ko umubiri we yuzuye tatouage no gushyira…
Mozambique: Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda yahishuye ko ibyihebe bimaze iminsi bibaca mu myanya y’intoki kubera kutavugana n’ingabo za SADC
•
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda, Col. Ronald Rwivanga yatangaje ko ukutavugana kw’ingabo z’iki gihugu ziri mu butumwa bw’amahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique n’ingabo za SADC zikora ukwazo, byagaragaye ko byatuma ibikorwa byo kurwanya intagondwa z’umutwe w’iterabwoba wegamiye kuri IS no gucyura impunzi bigorana. Yabitangaje ubwo yasobanuraga impamvu yatumye abasirikare n’abapolisi bakuru b’u…
Umuhungu wa Dr. Pierre Damien Habumuremyi yavuze ku mbabazi se yahawe na Perezida Paul Kagame
•
Umuhungu wa Pierre Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri w’intebe, Apollo Mucyo, wakunze kwifashisha imbuga nkoranyambaga mu kunenga leta y’u Rwanda mu gihe se yari afunzwe, yavuze ko ubu “yuzuye ibyishimo”. . Dr. Pierre Damien Habumuremyi yahawe imbabazi na Perezida Paul Kagame . Mucyo Apollo yashimye Imana nyuma y’irekurwa rya se . Pierre Damien Habumuremyi…
Yatangiye yica imbwa birangira yica abantu – UBUHAMYA UMUSORE YAHAYE ABAPOLISI
•
Umusore witwa Richard Appiah w’imyaka 28 yatangarije Polisi ya Ghana iri kumukoraho iperereza ko yatangiye yica imbwa imwe y’umukara, nyuma agatangira no kuzajya yica abantu barimo abana babiri akekwaho ko yiciye ahitwa Abesim. . Umusore yahaye ubuhamya Polisi avuga uko yatangiye yica imba nyuma akaza no kwica abantu . Umusore akurikiranweho kwica abana…