Ubufaransa: Abimukira 3 bari baryamye mu muhanda wa gari ya moshi bishwe
•
Abimukira batatu bishwe na gariyamoshi naho undi umwe arakomereka bikomeye ubwo yabagongaga mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’Ubufaransa. Umukuru w’akarere k’aho byabereye, na polisi, bavuze ko abo bimukira bari baryamye mu nzira ya gariyamoshi ubwo yabagongaga mu mujyi ukora ku nyanja hafi ya Biarritz mu gitondo cyo ku wa kabiri. Polisi irimo gukora iperereza,…
Murebwayire Violette ashinja padiri kumukubita ubwo yari agiye kwaka indezo no gusezeranya umugabo we n’indi mugore mu ibanga
•
Umubyeyi witwa Murebwayire Violette ashinja Padiri kumukubita no gusezeranyiriza Ndikubwimana Jean de Dieu mu bwihisho, ubwo yajyaga gusaba indezo n’amafaranga y’ishuri (minerivali) y’umwana umwe babyaranye. . Umubyeyi yakubiswe na padiri agiye kwaka indezo . Murebwayire avuga ko yagiye kwaka indezo umugabo padiri akamukubita Murebwayire wicaye hejuru ku rupangu rwo hafi y’aho Padiri…
Dore amazina atangaje(utubyiniriro – amahimbano) ahabwa bamwe mu baperezida bo muri Afurika avugwa n’atavugwa mu ruhame
•
Perezida nk’umwe mu bategetsi bakuru b’igihugu, akurikiranirwa hafi n’abaturage baba ab’igihugu cye cyangwa abandi. Kubera akazi bakoze mbere yo kwicara muri iyo ntebe yo hejuru, uko bakora akazi kabo n’izindi mpamvu, bamwe mu bakuru b’ibihugu muri Afurika bagiye bahabwa utuzina tw’utubyiniriro. . Amazina y’amahimbano kuri bamwe mu ba perezida bo muri Afurika .…
Inkomoko ya Fossettes(Utwobo tuza ku matama akenshi iyo umuntu asetse) ndetse n’igisobanuro cyazo
•
Ubusanzwe Fossette ni nk’akarango k’ubwiza bukurura abantu ku bagafite, benshi bavuga ko turiya twobo tuza ku matama akenshi iyo umuntu asetse, ngo ni ikimenyetso Imana iba yarashyize kuri abo bantu cyerekana ko ari abanyamahirwe ibihe byose. Ku isi habarurwa abantu bangana na 20% by’abafite utu twobo tuza ku matama iyo umuntu asetse twitwa fossettes…
Ibintu bibi cyane bishobora kuzakubaho niba urara wambaye ikariso
•
Benshi muri twe iyo hakonje turara twambaye imyenda yo kurarana naho iyo hashyushye twiyambarira ikariso gusa tukaryama. Benshi bibaza niba kurara umuntu yambaye ikariso hari ingaruka bigira ku buzima bwe. Niba uri hano ni uko uri umwe muri aba akaba ari byo tugiye kugugezaho. . Ingaruka mbi zo kurarana ikariso . Ibibi byo…
Ibintu 12 bitangaje ku mukobwa ugira isoni ushobora kuba utari uzi byatuma umukunda uramutse ubimenye
•
Umukobwa ugira isoni aba atandukanye n’umukobwa usanzwe haba mu mvugo, imyitwarire, imico n’ibindi bitandukanye umukobwa wese ashobora kugaragaza igihe muri kuganira. . Ibiranga abakobwa bagira isoni. Bimwe mu bintu utari uzi ku mukobwa ugira isoni Kuba mu rukundo n’umukobwa ugira isoni rero bishobora kukubera byiza cyane igihe wabashije kwisanisha nawe kandi ukumva…