Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Dore impamvu ukwiye kurarana igitunguru mu birenge

    Kurarana igitunguru mu birenge bishobora gutuma ugira ubuzima bwiza akaba ari yo mpamvu wari ukwiye kubigira akamenyero.   . Akamaro k’igitunguru mu mubiri w’umuntu . Uko wakoresha igitunguru usukura amaraso . Igitunguru gifasha mu gutuma amaraso atembera neza   Ubushakashatsi bwerekanye ko igitunguru ari umuti ukomeye w’inkorora kandi kigafasha cyane mu gutuma umubiri wongera…

  • Umukuru w’itorero Pentekote yatawe muri yombi ashinjwa gusambanya ku gahato abana 19 b’abahungu

    Umwe mu bakuru b’itorero rya Pentekote, akaba n’umwarimu, Natomah Otabel wo mu Karere ka Salaga muri Ghana, yasambanyije ku ngufu abahungu yigisha 19 ndetse ngo asenga cyane. Uwo mwarimu wo mu gace ka Savannah nk’uko Nyaaba Veronica, wigisha hamwe na Natomah ku ishuri ryisumbuye rya Kulpi, abivuga, ni umwe mu banyedini bakomeye. Nyaaba ati…

  • Kunywa amazi arimo kokombure birinda Kanseri ya prostate bikanongera ububobere. Reba ibintu 8 bitangaje kuri uru uravange

    Nibyo koko amazi agira akamaro kuyanywa ukwayo nkuko na concombre ifite ibyiza yihariye. Nyamara nanone uruvange rw’amazi na concombre rufite ibyiza ntagereranywa nkuko muri iyi nkuru tugiye kubivuga.   . Akamaro ko kunywa amazi arimo kokombure . Uko wategura amazi arimo kokombure . Amazi arimo Kokombure arinda Kanseri ya Prostate . Amazi arimo Kokombure…

  • Umugore n’abana be 2 bishwe n’imbabura

    Umubyeyi witwa Unice Kulwa ufite imyaka 25 wari utuye ahitwa Geita muri Tanzania, n’abana be babiri bapfuye nyuma yo kubura umwuka wo guhumeka, bitewe no kwinjiza imbabura yaka itetseho ibishyimbo, mu nzu bari baryamyemo.   Uretse abo batatu bahitanywe n’iyo mbabura n’umugabo wo muri urwo rugo witwa Kulwa Kamili, na we yarokotse yari agiye…

  • Umunyamakuru yapfuye nyuma y’iminsi 2 gusa akoze ubukwe

    Umunyamakuru uzwi cyane muri Malawi witwa Russell Chimbayo, yapfuye nyuma y’iminsi ibiri ashyingiwe. Yakoze ubukwe ku wa gatandatu tariki 2 Ukwakira apfa ku wa mbere tariki 4 Ukwakira 2021.   Russell na Jacqueline Joana Jeke bavuze ngo “yego” ku wa gatandatu tariki ya 2 Ukwakira kuri St James CCAP muri Zingangwa nyuma umuhango wo…

  • Dore impamvu z’ingenzi ukwiye kwihagarika nyuma yo gutera akabariro

    Ni byiza kwihagarika nyuma yo gutera akabariro kuko birinda indwara zibasira urwungano rw’inkari zizwi nka infection.   Ubusanzwe izi ndwara ziterwa n’udukoko two mu bwoko bwa bacteria zikaba zifata urugaho(blader), umuyoboro w’inkari(Urethra) ndese na n’impyiko(Kidneys).   Ese kwihagarika bifasha iki?   Cyane cyane ku bagore kwihagarika nyuma y’akabariro ni ingenzi cyane kuko umuyoboro w’inkari…