Koreya ya Ruguru yagerageje misile iri mu zihuta cyane yo mu bwoko bumwe n’iyo USA iheruka kugerageza bitera impungenge benshi
•
Korea ya ruguru ivuga ko kuwa kabiri yabashije kurasa mu igerageza misile nshya yiswe Hwasong-8 yo mu bwoko bw’izigendera ku muvuduko udasanzwe. Ikinyamakuru cya leta kivuga ko iyi misile nshya ari imwe “mu ntwaro eshanu nshya z’ingenzi kurusha izindi” isohowe mu mugambi w’imyaka itanu wo guteza imbere igisirikare. Iyi misile nshya bayise…
Ibimenyetso 10 byakugaragariza ko ufite amaraso make cyangwa ubutare budahagije
•
Ubutare (fer/iron) iyo bubaye bucye mu mubiri, bitera ibibazo bitandukanye. Muri rusange abagore nibo bakunze kugaragaraho ikibazo cyo kugira ubutare bucye mu mubiri cyane kurusha abagabo muri rusange. Indwara yo kugira amaraso macye (anemia), iterwa nuko ubutare buba ari bucye mu mubiri, akaba aribwo bwitabazwa mu gukora igice cy’ingenzi cy’amaraso cya hemoglobin. …
Uko wasukura umwijima wawe: Ibinyobwa bifasha gusohora uburozi mu mubiri
•
Umwijima ni urugingo rw’ingenzi mu mubiri. Akamaro kawo ka mbere ni ugusukura amaraso aba avuye mu rwungano ngogozi yerekeza ahantandukanye mu mubiri. Umwijima ufasha kandi mu gusohora ibinyabutabire n’ibyasigaye ku miti tuba twanyweye, bityo umubiri ntubonekemo uburozi. Iyo umwijima udakora neza, ngo usohore iyo myanda iba irimo n’uburozi bishobora kuba byinshi mu mubiri…
Dore icyo umugabo wawe cyangwa umusore mukunda aba ashatse kukubwira iyo aguhobeye akagukomeza kandi akakwiyegereza cyane
•
Habaho uburyo bwinshi bwo guhoberana harimo guhoberana by’akanya gato ndetse utatinya kuvuga ko bidafashije hakaba n’ubundi buryo usanga umugabo cyangwa umusore afata akanakomeza umukunzi we mu buryo ubona adashaka kumurekura kandi akamwiyegereza cyane. Ubu buryo bwa nyuma ni bwo tugiye kuvugaho muri aka kanya. Ese umugabo wawe cyangwa umusore mukundana yari yaguhobera muri ubu…
RIB yataye muri yombi umuyobozi wa Romantic Garden ukekwaho gutanga ruswa
•
Umucuruzi uhagarariye Uruganda NBG Ltd (Norbert Business Group Ltd) rukora imiheha yo kunywesha akaba na nyiri Romantic Garden, Urayeneza Anitha, yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo gutanga ruswa aho yatanze 500.000 Frw nyuma yo guhabwa icyangombwa yari yarasabye. Romantic Garden ni ubusitani bw’akataraboneka buherereye mu Mujyi wa Kigali mu Murenge wa Gisozi, bukorerwamo…
Umukunzi wa Cristiano Ronaldo yahishuye ikintu kimwe gusa yifuza ko amukorera
•
Umunyamideli Georgina Rodriguez yemeye ko yifuza cyane ko umukunzi we Cristiano Ronaldo yamusaba ko amubera umugore bagashyingiranwa byemewe n’amategeko. Uyu munyamideli yahishuye ko ashaka gushyingiranwa n’umukunzi we ukinira Manchester United ndetse ngo yiteguye kuvuga ati ’yego’ igihe cyose azamusaba ukuboko amusaba ko bashyingiranwa. Uyu mugore w’imyaka 27 wavukiye muri Arijantine,ufitanye umukobwa w’imyaka…