Mozambique: Security Minister Warns Rwandan Armed Forces
•
He made the remarks on Monday while in the Nampula area. Minister Miquidade issued the warning while reports from Mozambique said that the terrorists had lost control of all parts of Cabo Delgado province, following attacks by the Rwandan army in conjunction with Mozambique. The peacekeeping operation in the province has also…
Mozambique: Minisitiri w’umutekano araburira abarimo ingabo z’u Rwanda
•
Minisitiri w’Umutekano w’imbere muri Mozambique, Amade Miquidade, yavuze ko hari ubwoba bw’uko iterabwoba rishobora kwiyongera muri kiriya gihugu, asaba inzego za gisirikare, izishinzwe umutekano ndetse n’abaturage kuryamira amajanja. . Hari impungenge ko iterabwoba rishobora gukwira igihugu cyose . Minisitiri w’umutekano yasabye abantu bose kuryamira amajanja . Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu yaburiye ingabo…
Yamaze imyaka 40 yose mu mashyamba aho asubirijwe mu buzima busanzwe yamaze imyaka 8 gusa ahita yitaba Imana – AMAFOTO
•
Umugabo wari uzwi ku izina rya “Tarzan wa nyawe” nyuma yo gutura mu mashyamba ya Vietnam imyaka 40 n’umuryango we, yapfuye azize kanseri y’umwijima ku myaka 52. Ho Van Lang yapfuye azize kanseri y’umwijima nyuma yimyaka 8 asubijwe mu buzima busanzwe akuwe mu ishyamba, gusa inshuti ye yavuze ko ubuzima bwo ku isi…
Umugabo wo muri Irlande ari mu gahinda ko kwamburwa n’Umugandekazi bakundanaga ubutaka bufite agaciro k’amamiliyari
•
Umugabo ukomoka muri Irlande witwa David Michael O’Connel ari mu gahinda kenshi nyuma y’uko urukiko rw’ibanze rwa Mpigi muri Uganda rwamutegetse kuva mu nzu, amasambu 10 n’umurima ufite agaciro ka miliyari nyinshi z’amashilingi bigahabwa uwo bakundana. Amakuru avuga ko uyu mugabo yaguze iyo mitungo mu izina ry’umukunzi we ukomoka muri Uganda, ariko yageze…
Umubyeyi Yemeye gucibwa akaguru kugira ngo arokore umwana yari atwite [AMAFOTO]
•
Kathleen Osborne yavuze inkuru ishimishije y’ukuntu yagombaga gucibwa ukuguru kugirango ahe umwana we amahirwe yo kubaho. Ku nshuro ya gatatu, Kathleen w’imyaka 28 bamusanganye kanseri, ariko nanone yari atwite amezi ane, nubwo atari abizi. Nyuma yo gukorerwa MRI, abaganga bamubwiye ko afite amahitamo 2 ariyo gukuramo inda kugira ngo atangire imiti ya…
Amafoto 10 agaragaza uburanga bwa Alliah Cool uherutse kumurika Filime yise Alliah
•
Ku cyumweru taliki ya 12 Nzeri 2021 ni bwo Alliah Cool yamurikaga filime ye ya mbere yise Alliah igaruka ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagore. Uyu muhango ukoba waritabiriwe n’ibyamamare binyuranye mu Rwanda ndetse n’abajyanama be bakomoka muri Nigeria. Uyu mukobwa w’ikimero gikurura benshi yongeye kuvugisha benshi kubera imyambarire ye yatumye abitabiriye kureba…