Isi ntisakaye buri wese yanyagirwa! Yabaye icyamamare kitabazwa n’abarimo Jennifer Lopez na P Diddy none ubu yibera mu muhanda – AMAFOTO
•
Ubuzima buhinduka mu kanya nk’ako guhumbya. Ibi bikwereka ko isi inyerera umuntu agomba kugenda gacye ntagwe. Hari ababona amafaranga bazi ko barenze uruhombero bakayarya nabi nk’uko umukobwa witwa Suzy Perez yabaye icyamamare mu kubyina no mu mideli aho yanitabajwe n’abarimo Jennifer Lopez ubu akaba arara mu mihanda. Suzy Perez yahoze ari umunyamideli…
Volleyball: U Rwanda rwageze muri 1/2 ku ncuro ya mbere mu mateka yarwo – AMAFOTO
•
Ku nshuro ya mbere mu mateka, ikipe y’u Rwanda mu bagore yageze muri 1/2 cy’Igikombe cya Afurika cya Volleyball itsinze Nigeria amaseti 3:0, mu mukino wa kabiri wo mu Itsinda A. . Ikipe y’igihugu y’abagore yageze muri 1/2 cy’irangiza U Rwanda rwitabaje abakobwa 4 b’abanya Brazil bakomeye,rwatsinze uyu mukino utari woroshye,rwerekeza muri…
Cristiano Ronaldo receives bad news from Ole Gunnar
•
Manchester United manager Ole Gunnar Solskjaer has said he is not ready to play Cristiano Ronaldo in any of the matches this season, although the striker wants to score the most goals. Solskjaer said he wants to take a break from Ronaldo in some games so that he can get the most out…
Dr Kayumba, who is starving himself in custody, refused to be examined by a doctor
•
The politician, Dr Christopher Kayumba, who is on a hunger strike in his detention center, was taken to Gasabo District Hospital for examination, according to his lawyer. . Dr Kayumba Christopher decided to starve himself to death because of the ongoing violence he is facing from the Rwandan government. – said RPD .…
Volleyball: Rwanda to face Uganda again to compete for the 5th place in African Cup of Nations Tournament
•
The national volleyball team is set to face Uganda again in the fifth round of the African Cup of Nations. . Tunisia will compete the first place with Cameroon in African Cup of Nations turnament . Morocco will face Egypt to compete the third place in African Cup of Nations turnament Last weekend…
Guinea: Alpha Condé uherutse guhirikwa ku butegetsi yavuze ko yakwemera gupfa aho kwegura ku buperezida
•
Uwahoze ari Perezida wa Guinée-Conakry, Alpha Condé, yatangaje ko yahitamo kwicwa aho kugira ngo asinye urwandiko rumweguza ku nshinga zo kuba Umukuru wa kiriya gihugu. Perezida Condé yabitangaje ku wa 10 Nzeri, ubwo yahuriraga i Conakry n’intumwa z’ibihugu bigize umuryango w’ubukungu w’ibihugu byo muri Afurika y’Uburengerazuba (CEDEAO). Izi ntumwa zarimo ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga…