Impamvu 5 z’ingenzi ugomba kunywa amazi ukibyuka mu gitondo
•
Kunywa amazi ukibyuka ni ingenzi cyane ku mubiri, kuko biwufasha kongera gukora neza. Tekereza nawe kuba umaze amasaha 7 cg 8, ntacyo kunywa urashyira mu kanwa, niba warabyitegereje neza, ukunda kubyuka wumva mu nkanka hokera cg humagaye cyane; ibi nibyo biba iyo uryamye! Kubera kumara amasaha menshi usinziriye, umubiri utangira kugenda ugira umwuma…
Miss Josiane yavuze ku byo gukora ubukwe mu ibanga n’ibyavuzwe ko yatandukanye n’umukunzi we wamwambitse impeta
•
Mwiseneza Josiane wabaye Miss Popularity mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2019, yahishuye ibyihishe inyuma ku mamafoto yagiye hanze amugaragaza yambaye nk’umugeni wasezeranye anakomoza ku byavuzwe by’uko yatandukanye n’umukunzi we wamwambitse impeta akamusaba kuzamubera umugore. . Miss Mwiseneza Josiane yakoze ubukwe mu ibanga . Miss Josiane yavuze ko agikundana n’umukunzi we wamwambitse impeta…
RIB yahishuye icyahitanye Jay Polly ndetse n’ibyago bikomeye uwo basangiye yahuye nabyo
•
Kuri iki cyumweru nibwo umuraperi Tuyishime Joshua wari uzwi nka Jay Polly yashyinguwe nyuma yo gupfira mu bitaro bya Muhima mu ijoro ryo kuwa Gatatu w’icyumweru gishize. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangarije IGIHE ko isuzuma ryakorewe muri Laboratwari, ryagaragaje ko Jay Polly yishwe n’ikinyabutabire cyitwa Methanol (Methanol alcohol intoxication) cyateye umutima we guhagarara.…
Abakobwa: Dore ibintu byoroshye wakora ukigarurira umutima w’umusore ukunda utavuze
•
Mukobwa niba koko hari umuhungu wakunze byimazeyo ukamukunda ariko ugatinya kumubwira cyangwa ukabura uburyo umwegera, uyu ni wo mwanya Inyarwanda.com yaguteguriye wo kumenya icyo wakora ngo umwigarurire agukunde nk’uko ubyifuza. Iyi nkuru ni uruhererekane ariko izagusiga umaze kumenya neza uko uzitwara. . Korera ibi bintu umusore ukunda uzamwigarurira utavuze . Ibintu byoroshye byagufasha…
Miss Mwiseneza Josiane yaba yakoze ubukwe mu ibanga rikomeye – AMAFOTO
•
Mwiseneza Josiane wabaye Miss Popularity mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2019, yakoze ubukwe mwibanga rikomeye cyane. Miss Miwiseneza Josiane wegukanye ikamba rya Miss Popularity yaciye ibikuba shyira hanze amafoto ye agaragaza yambaye imyenda y’abageni ndetse bikaba bivugwa ko yakoze ubukwe mwibanga rikomeye .Iyi nkuru ndetse n’aya mafoto ya mwisezeza Josiane yagiye ahagaragara…
Byiringiro Lague agiye kumara amezi 6 atagera mu kibuga ndetse nagaruka azajya akina yambaye casque
•
Rutahizamu wa APR FC n’Amavubi, Byiringiro Lague, yaraye avunikiye mu mukino u Rwanda rwanganyije na Kenya igitego 1-1 bituma ajyanwa mu bitaro bya Kanombe kuko ngo igufwa rye ryangiritse. Amakuru aravuga ko uyu rutahizamu azamara hagati y’amezi atatu n’atandatu adakina ndetse azajya yambara ’casque’ imurinda mu isura mu gihe ari mu kibuga kubera…