Facebook yise abirabura inguge biteza impaka zikomeye
•
Ikigo cya Facebook kirasaba imbabazi ku bwo kwibeshya kikagereranya abirabura n’inguge, binyuze muri porogaramu yayo yikoresha (automatic) yitwa AI (Artificial Intelligence). Kugereranya umwirabura n’inguge byaturutse kuri videwo imaze umwaka urenga ku rubuga rwa Facebook, igaragaza umuzungu ahanganye n’itsinda ry’abirabura bizihizaga isabukuru y’amavuko. Nk’uko The New York Times ibisobanura, uyu muzungu agaragara ahamagara polisi…
Ibintu abagore bakunda cyane ariko ntibabibwire abagabo babo ku buryo ubimukoreye ashobora kumwegukana burundu
•
Ubusesenguzi bwagaragaje ko hari ibintu abagore bose bakunda ariko batajya basaba abagabo babo. Ibi bintu abagore hafi ya bose babihuriyeho kandi ntibajya babisaba kabone n’iyo yaba ari umugore usanzwe uzwiho kwisanzura ku mukunzi we. Ibi bintu uko ari 9 inzobere mu by’inkundo zivuga ko ubikoreye umukunzi wawe nta gihe gishira utarigarurira umutima we,…
Umunyamakuru Rober Mugabe abona urupfu rwa Jay Polly mu buryo butandukanye n’ubwo RCS yatangaje. Icyo asaba Leta
•
Umunyamakuru Robert Mugabe yavuze ko igihe yafungwaga yasanze Jay Polly muri Gereza akaba ari we umufasha kubona aho aryama ndetse n’imishinga bari bafitanye bagombaga kuzakorana afunguwe. Robert Mugabe wigeze gufungwa ashinjwa gusambanya umwana ariko akagirwa umwere, yagarutse ku bitekerezo biba biri mu mitwe y’abantu baba bafunze akenshi baba bafite agahinda gakabije gaturuka ku byo…
Gicumbi: Umugabo yatageye kunywa amacupa 12 ya Ngufu apfa amaze 2 yonyine
•
Umusore witwa Tuyisenge John wo mu murenge wa Nyamiyaga mu karere ka Gicumbi, yitabye Imana nyuma yo gukora na mugenzi we intego yo kunywa amacupa 12 y’inzoga zo mu bwoko bwa Liqueur izwi nka ‘Nguvu’. Byabaye ku wa Kane w’iki cyumweru, mu mudugudu wa Karambo ho mu kagari ka Kabeza muri uriya murenge wa…
Bugesera: Abagabo 2 batawe muri yombi bakurikiranweho gukubita Meya
•
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze abantu babiri barimo umusore w’imyaka 23 y’mavuko n’umukuru w’umudugudu w’Ikoni uri mu yigize akarere ka Bugesera, bakekwaho gukubita Meya wako, Mutabazi Richard. Aba bombi bafashwe mu bihe bitandukanye, ku wa 29 Kanama no ku wa 1 Nzeri 2021. Umusore watawe muri yombi akurikiranweho ibyaha birimo gukubita cyangwa kugirira urugomo…
Ngoma: Arababaye – Amaze imyaka 8 agendana amara ye mu gitenge kubera abaganga bamubaze ntibayasubizemo – AMAFOTO
•
Umugore witwa Mukakibibi Didacienne ukomoka mu karere ka Ngoma amaze imyaka 8 agendana amara ye hanze nyuma yo kubagwa ibibyimba byari mu nda,abaganga ntibayasubizemo. Mukakibibi yabwiye BTN TV dukesha iyi nkuru ko ubuzima bwe buri mu kaga mu gihe yaba atavuwe kuko amaze igihe ibitaro bya kaminuza bya Kigali CHUK bigenda byigiza inyuma…