“Safari nyubaha” byabaye intero nyuma y’uko uwitwa Safari anize umu-Dasso wari ugiye kumukubita akenda guhera umwuka – VIDEO
•
‘Safari Nyubaha’ izina ryatangiye kwamamara mu gihe gito nyuma y’amashusho yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umuturage w’i Nyagatare witwa Safari George aryamye hejuru y’ushinzwe umutekano (Dasso) yamunize undi ari gutabaza avuga ko Safari amwishe. Kuri ubu amakuru mashya ahari ni Gitifu na Dasso bamaze guhagarikwa mu kazi. Ubu byaroroshe kubera imbuga nkoranyambaga aho…
Umugore n’umugabo basohokanye bakora ikirori cyo kwishimira gatanya bahanye
•
Umugabo n’umugore bo mu gihugu cya Uganda baciye ibintu hirya no hino nyuma yo gusohokana mu birori byo kwishimira ko bahanye gatanya batazongera kubangamira ukundi ndetse banakatanye umutsima wo kwishimira iyi gatanya bahanye. Madamu Immaculate Nantango niwe washyize hanze aya makuru ku rubuga rwa Facebook asobanura ko we n’uwahoze ari umugabo we basohokanye…
Dore ikintu gitangaje wakora ukongera gukundwa n’uwari umukunzi wawe nyuma yo gushwana
•
Urukundo rwawe rwaba rurimo ikibazo kuburyo ufite impungenge zo kurangira kwarwo, ese rwararangiye, Umukunzi wawe yarakwanze, ibintu byarahindutse ntibikiri nka mbere? Hano urahabona bimwe mu byagufasha kongera kwigarurira urukundo rwawe. Birababaza ndetse Bikagora kwakira ububabare bwo kuva murukundo n’uwo mwakundanaga cyangwa mukundana mu gihe zimwe mu mpamvu ziteje ugukonja kwarwo cyangwa guhagarara zitaguturutseho,…
Kera kabaye Vestine & Dorcas bahishuye icyari kigiye kubatandukanya na Murindahabi Irene
•
Ku wa 7 Nyakanga 2021, wari umunsi mubi ku bantu benshi bakunda Vestine na Dorcas ndetse na M.Irene, kuko niwo munsi byatangajwe ko M.Irene Entertainment ibaye ihagaritse ibikorwa byose yakoranaga n’abahanzi Ishimwe Vestine na Kamikazi Dorcas. . Vestine & Dorcas bashyize hanze indirimbo IBUYE . Itsinda Vestine & Dorcas bashishuye byinshi ku mubano…
Teyi Ikirungo Kivura Indwara Nyinshi Kikanarinda Ubusaza
•
Akamaro ka teyi ku buzima Ifasha mu kwibuka cyane no kongera ubwenge: Akamaro kayo; ifasha ubwonko kwibuka cyane ibyo wabonye, ndetse no gufata mu mutwe. Ni umuti mwiza no kubageze mu izabukuru kuko ubarinda gutakaza ubushobozi bwo kwibuka, n’indwara zibiturukaho nka Alzheimer cg izindi zitera gusaza k’ubwonko. . Uko wakoresha ikirungo cya Teyi…
Perezida mushya wa Zambia yanze kujya kuba muri perezidansi
•
Perezida mushya wa Zambia, Hakainde Hichilema, ntazimuka ngo ajye kuba ahasanzwe hari perezidansi, ahubwo azakomeza kuba mu nzu asanzwe abamo yise ” Community House”, asanzwe akodesha. Ikinyamakuru cya Leta ya Zambia Daily Mail, gitangaza ko Hichilema uheruka kurahira atazajya kuba aho Edgar Lungu yatsinze mu matora yari asanzwe aba n’ubwo we yamaze kuhava.…