Hagiye gushyirwa hanze imodoka y’akataraboneka ifite imbere hameze nka hotel y’inyenyeri nyinshi izagura miliyari zisaga 2RWF – AMAFOTO
•
Uruganda rushya rw’imodoka mu Budage, Dembell, rugiye gushyira hanze imodoka y’akataraboneka kandi ihenze cyane ikazaba iteye nka hotel yo ku rwego rwo hejuru kuko izaba irimo uburiri bungana nk’ubwo umwami, n’igarage rinini cyane. Iyi modoka ikoresha chassis ya Benz Mercedes ndetse imbere hayo hakaba haratunganyijwe n’Azimut Yachts. Iyi modoka kandi izaba irimo ibikoresho binyuranye byo…
Perezida Evariste Ndayishimiye yaririye imbere y’abacamanza kubera ibibavugwaho
•
“Ese nta mpuhwe ndi kurira imbere yanyu?” Ayo n’amwe mu magambo akomeye Perezida w’ u Burundi Evariste Ndayishimiye yavugiye imbere y’abacamanza mu nama yabahurijemo i Bujumbura. . Perezida Ndayishimiye yasutse amarira imbere y’abacamanza . Perezida Ndayishimiye yasabye abacamanza kurangiza imanza zose mu gihe gito . Perezida Ndayishimiye yemeye ko ubutabera bw’Uburundi budakora neza…
Impamvu 10 ukwiye kunywa The Vert, uko wayinywa n’ibyo ugomba kwitondera
•
Thé vert (soma ‘te veri) ni iki? Thé vert/green tea ni ubwoko bw’amajyane akoreshwa mu gukora icyayi, ariko nkuko izina ribigaragaza ni icyayi twakita ko ari ‘icyayi cy’icyatsi’, ushyize mu kinyarwanda. . Akamaro ka The Vert ku mubiri w’umuntu . Uko wanywa The Vert . Ibyo ugomba kwitondera mbere yo gukoresha The…
Igitera uburyaryate no kwishimagura igihe umuntu amaze koga n’uko yabyivura
•
Bishobora kuba byarakubayeho cyangwa nubu bikajya bkubaho. Wamara kwiyuhagira ukumva utuntu tukurya umubiri wose ndetse ukanishimagura.cyangwa waba uri kugenda mu mbeho, ukumva ku maguru umeze nk’aho hari utuntu turi kugutondagira. . Igitera umuntu kwishimagura igihe amaze koga . Uko wakwivura indwara yo kwishima igihe uvuye koga . Igitera indwara yo kwishimagura igihe umuntu…
Miss Pamella uri mu rukundo na The Ben yahishuye icyatumye avuga ko atazashaka umugabo ahubwo azabyara abana
•
Miss Uwicyeza Pamella yavuze byinshi byibazwaga ku kiganiro giherutse gusohoka avuga ku kuba ngo ‘atazashaka umugabo ahubwo ko azashaka umugabo uzamubyarira abana gusa ariko ngo batabana mu nzu’. . Miss Pamella Uwicyeza yavuze ko kuvuga ko atazashaka yabitewe n’ubwana . Miss Pamella usigaye ukundana na The Ben yahishuye byinshi ku kiganiro cye …
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zamaze kugota ibirindiro bya nyuma by’inyeshyamba
•
Amakuru aturuka muri Mozambique aravuga ko Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza kiriya gihugu, zamaze kugota uduce twa Siri I na Siri II inyeshyamba zo mu mutwe wa Islamic State zari zisigaranye. . Ingabo za RDF zagose ibirindiro bya Siri I . Ibirindiro bya Siri II byagoswe n’ingabo za RDF zifatanyije n’iza Mozambique Ingabo…