Nta kabura imvano: Amateka ya Sankara wamye afite imyitwarire iteye inkeke. Byinshi utamenye
•
Kuva kera, imibereho ye yazagamo ibibazo bya hato na hato, guturitsa Gerenade muri segonderi mu Indatwa Padiri Kayumba akamwirukana, kujujubya Kaminuza kugeza aho Prof Rwakabamba amwirukana akamwemerera kurangiriza amasomo asigaye mu yindi Kaminuza akazaza bakamuha dipolome, “kwizeza Kizito Mihigo ko azagirwa Minisitiri… . Amateka ya Calixte Nsabimana wiyise Sankara . Nsankara yirukanwe mu…
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique ziragera amajanja umukuru w’inyeshyamba Bonomar Machude Omar
•
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique, Général-Major, Cristóvão Chume, yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zifatanyije n’iza RDF ziteguye gukora ibishoboka byose zigafata Bonomar Machude Omar, umunya-Mozambique ukuriye umutwe wa Islamic State umaze igihe warayogoje intara ya Cabo Delgado. . Ingabo za Mozambique zizeye gufata ukuriye umutwe w’iterabwoba wa IS . Ingabo za Mozambique zifatanyije…
Nyabugogo: Undi mugabo yiyahuriye ku Nkundamahoro arapfa
•
Nyabugogo ku isoko ry’inkundamahoro,umugabo witwa Twibanire Emmanuel wo mu Kagari ka Munanira II mu Murenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge, yavuye muri etaje ya 6 agwa hasi ahita apfa. Biravugwa ko yaba yiyahuye. Ahagana saa yine z’igitondo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Kanama 2021, nibwo uyu mugabo w’imyaka 40 y’amavuko yagiye…
RDF yatangaje icyo yiteguye gukora mu gihe ibyihebe byo muri Mozambique byahitamo kugaba ibitero ku Rwanda
•
Umuvugizi avuga ko ingabo z’u Rwanda “byumvikana ko ziteguye guhashya” umutwe w’iterabwoba wa Islamic State (IS) n’igihe ibikorwa byawo byakwibasira ubutaka bw’u Rwanda. . IS yo muri Mozambique yibasiye u Rwanda kubera ibitero rumaze iminsi ruwugabaho . Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique zirukanye inyeshamba mu birindiro byayo Kuri Internet icengezamatwara rishya…
Bijoux muri Bamenya ari gukinisha umutima w’umuhanzi Sentore niba atari uyu musore wibeshya ku marangamutima ye. Urujijo mu rukundo rwabo – AMAFOTO
•
Urukundo, burya ni ink’inyanja wagwamo ukarohama, biba byiza mwese iyo murohamye mu nyanja y’urukundo, umwe ntiyisangemo undi akabifata nk’imikino. Byagutera gukeka ko hari utabirimo neza, nk’uko ubu Munezero Aline (Bijoux) bivugwa ko akundana n’umusore Lionel Sentore ariko yabibazwa bikaba nk’ikinamico kandi umusore we adatinya kubitangaza. . Bijoux muri Bamenya yahakanye ko adakundana na…
Mozambique: Umutwe w’intagondwa wa IS n’abawushyigikiye bibasiye u Rwanda kuri Interinet
•
Abashyigikiye umutwe wiyita Leta ya Kiyisilamu (IS) bibasiye u Rwanda mu butumwa bashyize kuri interineti mu gisa n’igikorwa gihurijwe hamwe cyo guha ingufu ibyo uyu mutwe uherutse kuvuga wamagana iki gihugu. . Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique zigaruriye ibirindiro bw’inyeshyamba . Intagondwa zivuga ko abakiristu bo mu Rwanda bibasiye abaturage b’abayisiramu muri Mozambique…