Uganda: Abegukanye imidari ya Zahabu mu mikino Olympic bagabiwe imodoka nziza buri umwe mu rwego rwo kubashimira
•
Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Museveni kuri uyu wa 11 Kanama 2021 yahaye imodoka nziza abakinnyi bahagarariye igihugu mu mikino ya Olempike, bakegukana imidari ya zahabu, anabasezeranya ko bazajya bahembwa amashilingi ya Uganda miliyoni 5 ku kwezi. Nk’uko Daily Monitor yabitangaje, Perezida Museveni yabivugiye mu muhango wo kwakira aba bakinnyi mu rwego…
Min. W’ingabo muri Afurika y’Epfo avuga ko ingabo z’u Rwanda ntacyo zakoze muri Mozambique
•
Minisitiri w’Ingabo n’ibikorwa by’abahoze ari abasirikare muri Afurika y’Epfo, Thandi Modise, avuga ko Ingabo z’ u Rwanda ziri muri Mozambique nta kazi zakoze kugeza ubu ngo ahubwo nibwo urugamba rugiye gutangira. . Min. w’ingabo muri Afurika y’Epfo yavuze ko urugamba ari bwo rugitangira . Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zafashe ahantu hatari abarwanyi…
Abakobwa n’abagore bakiri bato bamwe mu bagiriwe icyizere na Perezida Samia Suhulu abagira abayobozi – AMAFOTO
•
Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, Samia Suluhu Hassan mu ntangiriro z’uku ukwezi yakoze amavugurura mu nzego z’ubuyobozi bwa Leta kuva ku nzego zo hasi, aho bigaragara ko yagiriye icyizere abakobwa n’abagore bakiri bato. . Perezida Samia Suhulu wa Tanzaniya yagiriye icyizere abakobwa n’abagore bakiri bato . Perezida Samia yavuguruye inzego z’ubuyobozi…
Rwamagana: Umupolisi yarashe umusore wari warenze ku mabwiriza yo kwirinda covid-19 arapfa
•
Umupolisi witwa Siboniyo Jean d’Amour ukorera mu Karere ka Rwamagana yishe arashe umusore witwa Iradukunda Elissa uzwi nka Ndimbati warenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19, bivugwa ko yagerageje kumurwanya no kumwambura imbunda. . Umupolisi yishe umusore wari warenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 . CLADHO yamaganye urupfu rw’umusore wiciwe i Rwamagana arashwe n’umupolisi …
Mozambique: Byabaye inshoberamahanga uko ingabo z’u Rwanda 1000 zahiduye ibintu mu byumweru 2 gusa. Uko abanyamahanga babona izi ngabo
•
Ingabo z’u Rwanda zikomeje gushimagizwa hirya no hino ku Isi kubera ukuntu zikomeje kugenda zitwara mu butumwa zoherezwamo hirya no hino haba ubwo kubungabunga amahoro cyangwa uburimo ibikorwa bya gisirikare byo gufasha ibindi bihugu kurwanya umwanzi ubangamiye umudendezo wabyo, aho kuri ubu bamwe bibaza ukuntu abasirikare 1000 babasha guhindura ibintu mu kwezi kumwe muri…
Lionel Messi yatambagijwe Paris mu cyubahiro cy’abaperezida. Amafoto
•
Rutahizamu ukomeye ku isi,Lionel Messi,yaraye ageze mu mujyi wa Paris aho yawuzengurutse arinzwe cyane n’abapolisi ndetse n’amamodoka menshi cyane nk’uko biba bimeze ku baperezida bakomeye. . Lionel Messi yatambagijwe Paris arinzwe cyane . Lionel Messi yamaze gusinyira Paris Saint Germain ahabwa nimero 30 . Uko Lionel Messi yakiriwe i Paris ntibisanzwe Uyu…