Sudani y’Epfo: Abajenerali 2 baguye mu mirwano ya Riek Machar n’abashatse kumuhirika
•
Amakuru aturuka muri Sudani y’Epfo aravuga ko kuri uyu wa Gatandatu habaye imirwano ikaze hagati y’ibice bibiri by’ishyaka rya Visi Perezida Riek Machar, SPLM-IO, nyuma y’aho uyu ahiritswe ku buyobozi bw’iri shyaka agasimbuzwa Gen. Simon Gatwech Dual. Ni imirwano bivugwa ko yaguyemo abantu 29 barimo abajenerali 2. . Abashyikiye Riek Machar barwanye n’abashatse kumuhirika…
Uganda: Maj. Gen. Stephen Rwabantu wari umugaba wungirije yitabye Imana
•
Maj. Gen. Stephen Rwabantu wari Umugaba wungirije w’Inkeragutabara mu ngabo za Uganda yapfuye mu ijoro ryo kuri uyu wa 7 Kanama 2021, azize uburwayi. . Maj. Gen. Stephen Rwabantu yapfuye .Maj. Gen. Stephen Rwabantu wari umugaba wungirije w’inkeragutabara yatabarutse Umuvugizi wa Minisiteri y’Ingabo, Brig. Gen. Flavia Byekwaso yatangaje ko Gen. Rwabantu yaguye mu bitaro bya…
Niba ujya ubona ibi bintu kuri telefoni yawe menya ko wumvirizwa n’undi muntu. Dore icyo ukwiye gukora byihutirwa
•
Iyi si yabaye umudugudu kubera iterambere riyiriho. Abantu bazanye ibintu byinshi bituma babasha kugera kubyo bifuza. Nibyiza rwose, ariko ni na bibi rwose. Amakompanyi menshi yadukanye udukoresho dukurura abantu rimwe na rimwe tunakoreshwa nabi muri telefoni z’abandi bantu. Nutangira kubona telefoni yawe ikora ibi bintu uzagire amakenga. . Ibimenyetso byakwereka ko ujya wumvirizwa…
U Burundi bwahaye isezerano rikomeye u Rwanda nyuma yo kurushyikiriza abana bwafashe bukanaruganuza
•
Guverineri w’Intara ya Kayanza mu Burundi ihana imbibi n’Intara y’Amajyepfo mu Rwanda, Cishahayo Remy,wageze mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu mu muhango wo gushyikiriza u Rwanda abanyarwanda barindwi bafatiwe mu Burundi bambutse mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Bwana Cishahayo yijeje u Rwanda ko nta muturage we cyangwa undi wese mu Burundi uzava muri icyo…
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zongeye gusakirana n’inyeshyamba zicamo zimwe muri zo hanafatwa ibikoresho byinshi – AMAFOTO
•
Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambike zikomeje guhashya imitwe y’iterabwoba muri Mozambique, kuko kuri uyu wa Gatandatu zishe abarwanyi bane mu gitero zagabye ahitwa “1st May”. . Ingabo z’u Rwanda zishe inyeshyamba 4 zinafata ibikoresho byazo . Ingabo za RDF n’iza Mozambique zikomeje ibitero ku nyeshyamba Amakuru dukesha IGIHE avuga ko muri iyo mirwano,…
Neymar Jr yemeye kwigomwa ikintu gikomeye kugirango Lionel Messi amusange muri PSG
•
Neymar Jr ukinira ikipe ya PSG yamaze kugaragaza ko yifuza cyane gukinana na Lionel Messi aho yiyemeje guha nimero 10 yambaraga kizigenza Lionel Messi kugira ngo aze mu ikipe ya PSG imwifuza cyane. . Neymar Jr yemeye guha Messi Numero 10 asanzwe akoresha . Ibiganiro hagati ya Messi na PSG bigeze kure .…