Umukinnyi wari utegerejwe cyane mu Amavubi yamaze kuhagera
•
Jojea Kwizera ukinira Ikipe ya Rhode Island yo mu Cyiciro cya Kabiri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongewe mu Ikipe y’Igihugu “Amavubi” ikomeje kwitegura Bénin na Lesotho mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Ikipe y’Igihugu ikomeje gukora iyo bwabaga mu gushaka abakinnyi bafitanye isano n’u Rwanda kugira ngo bayikinire. …
Amashusho ya Padiri Twinamatsiko arimo kwiha akabyizi n’umukobwa ukiri muto akomeje kuvugisha benshi. Icyatunguye benshi
•
Umupadiri wo muri Diyosezi Gatulika ya Kabale, Luciano Twinamatsiko, yashyize hanze amashusho amugaragaza ari kwiha akabyizi. Ni amashusho yatangiye gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga kuva ku wa Kane tariki ya 30 Gicurasi, kuri ubu akaba akomeje guhererekanywa n’abakoresha imbuga nkoranyambaga nka X biganjemo abo mu bihugu bya Kenya na Uganda. Muri aya mashusho Padiri Twinamatsiko…
Diane Rwigara ushaka kwiyamamariza kuba Perezida w’u Rwanda yabuze ibyangombwa bibiri
•
Diane Shima Rwigara wifuza kuba umukandida wigenga mu matora y’Umukuru w’Igihugu ategerejwe muri Nyakanga 2024, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye gusa abura ibyangombwa bibiri. Kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Gicurasi 2024 nibwo Diane Rwigara wigeze gushaka kwiyamamaza mu 2017 ariko bikaza kugaragara ko atujuje ibisabwa abakandida bigenga, yakiriwe ku Biro bya…
Nyuma yo kubura ibyangombwa bisabwa uwashakaga gutanga kandidature yabuze itike imusubiza mu rugo
•
Uwitwa Twagirayezu Bertin wo mu karere ka Kamonyi washakaga kuba umukandida wigenga ku mwanya w’ubudepite, ngo yabuze ibyangombwa hafi ya byose bisabwa uwiyamamaza. Uyu uretse kubura ibyangombwa ngo yabuze itike imusubiza mu rugo bityo ngo arasaba icumbi mu Gatsata abe ariho arara. Mu gihe uyu munsi ariwo munsi wa nyuma wa gutanga kandidatire,Bwana Twagirayezu…
Ndimbati amennye ibanga rya Fridaus kubera ibyo yatangaje
•
Umunyarwenya Uwihoreye Jean Bosco Mustapha uzwi nka Ndimbati, yasubije Kabahizi Fridaus babyaranye abana babiri b’impanga, uherutse kuvuga ko Ndimbati yongeye kumusaba ko baryamana kugira ngo amuhe amafaranga yo kumufasha kurera abana ni nyuma y’uko yakomeje kuvuga ko abantu batagira urukundo ari bo bashatse ko afungwa kugira ngo atongera gusabana n’abana be. Mu minsi yashize…
Biravugwa ko M23 yishe abasirikare benshi ba FARDC ifata uduce twinshi
•
Umujyi wa Kanyabayonga wamaze kugotwa na M23,bivugwa ko abasirikare ba FARDC 234 biciwe mu mirwano i Mirangi,Kyagara na Birundure Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi mu bya gisirikare Lt.Col Willy Ngoma mu kiganiro yagiranye na Rwandatribune dukesha iyi nkuru. Umunyamakuru ukomeye muri Congo Kinshasa, Micombero Batubenga nawe yahamije aya makuru aho yavuze ko turiya duce twabaye…