-
Umukobwa uhorana ipfunwe ry’amabere ye manini cyane yavuze akaga gakomeye yamuteye
•
Umukobwa witwa Esme Clemson w’imyaka 20 ukomoka ahitwa Wolverhampton, mu Bwongereza, yavuze ko amabere ye ari Manini cyane ndetse yigeze kurangara ari kotsa inyama akora ku cyokezo arashya bikomeye. Esme Clemson yavuze ko adakunda ubunini bw’amabere ye kubera ukuntu abagabo mu muhanda baba bamuvugaho amagambo menshi ndetse no kuba hari ibyo amubuza gukora.…
-
Biratangaje: Nyuma yo kubenga abasore benshi yasezeranye na nyina umubyara kubana akaramata anahishura icyabimuteye
•
Umukobwa w’imyaka 26 wabenze abasore benshi yakoze ubukwe na nyina w’imyaka 44 bemerenya kubana akaramata. Uyu mukobwa yahishuye ikintu gikomeye cyabimuteye, nyina we avuga ko gukora ubukwe n’umukobwa we biri mu bintu bya mbere bimushimishije mu buzima bwe. Uyu mukobwa yitwa Lolita, akomoka muri Nigeria. Yavuze ko nyina ariwe muntu wenyine wamwitayeho kurusha…
-
Uyu musore yaragusariye! Niba ubona ibi bimenyetso nushaka utabare hakiri kare
•
Niba ari urukundo rw’ukuri agufitiye ndakurahiye uzabimenya, uzabimenya. Biroroshye gukuza amarangamutima yawe ku musore runaka ugushaka, mbese ukihingamo kumukunda biroroshye rwose, ariko bifata agahe gato nanone kumenya neza niba koko ari we, kubera isoni hagati yanyu mwembi, gukekeranya, ndetse n’ubwoba bwo kuba wamuteganyaho byinshi, ibi bikunda kuba ku bakobwa cyane. Umusore ugukunda cyane…
-
Ibyo Wamenya Ku Ndege Bwite Ya Messi Ifite Ubwogero(Douches) 2 N’igikoni – AMAFOTO
•
Iyi ndege y’igiciro kandi ifite ubwiza butangaje igura milioni 12 zose z’amapawundi akoreshwa mu Bwongereza ni ukuvuga asaga Miliyari 16RWF bijyanye n’ubuhangange bw’icyamamare Messi ukinira ikipe ya FC Barcelone. Ku ngazi umuntu yuririraho ajya muri iyi ndege handitseho amazina y’umuryango we ndetse yanditseho numero 10 akoresha mu ikipe ya FC Barcelone. Ni indege yakozwe…
-
Amagambo wabwira umukunzi wawe akamurutira andi yose wamubwiye
•
Iyo abantu bakundana bifuza kurushinga, usanga hari byinshi babwirana mu rwego rwo kubagarira urukundo rwabo, ariko ugasanga hari amwe mu magambo birengagiza kandi afite uruhare runini mu gushimangira urukundo rwabo. Amagambo wabwira umukunzi wawe akamurutira andi yose wamubwiye: 1. Aho uzaba hose nzaba ndi kumwe nawe Wari wabwirwa aya magambo ngo…
-
Umukobwa wagaragaye atwika amakaye ndetse n’abandi bagagaye bayashwanyaguza bamenyekanye abayobozi b’ibigo bigaho bagira icyo babivugaho
•
Abantu batandukanye hirya no hino mu gihugu bagaragaje ko bababajwe n’iyi myitwarire bamwe bakanabihuza n’uburere buke. Imbuga nkoranyambaga zirimo Watsapp, Facebook na twitter zanyeganyejwe n’aya mashusho agaragaramo umukobwa wicaye ari gutwika amakayi n’ibitabo, ari nako abivugiraho amagambo. Umukobwa utwika amakayi n’ibitabo byamenyekanye ko arangije kwiga, mu kigo cyitwa Friend School of Kamembe mu Karere…