-
Abanyeshuri baciye imyenda abandi batwika amakaye bigiragamo nyuma yo gusoza ikizamini cya Leta – AMAFOTO
•
Ku mbugankoranyambaga by’umwihariko Twitter,hakomeje gucaracara amafoto y’abanyeshuri barangije ibizamini bya Leta barangije bishwanyagurizaho imyenda y’ishuri abandi batwika amakayi bigiyemo. Muri aya mafoto yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje bamwe muri abo banyeshuri bakataguye imyenda y’ishuri bambaye mu gihe hari abandi barimo gutwika amakayi bigiyemo. Umunyamakuru Oswald Mutuyeyezu ukorera Radio& TV10, yashyize ku rubuga…
-
Real Madrid: Mu marira Ramos yasezeye Varane bari bamaranye imyaka isaga 10 mu bwugarizi aho bari kumwe batsinzwe imikino 2 gusa
•
Kuri uyu wa Kabiri ni bwo Manchester United yatangaje ko yamaze kumvina na Real Madrid Kuri Raphael Varane wari umaze imyaka isaga 10 yambara Umweru n’umukara. Varane yageze muri Real Madrid asanga Sergio Ramos amazemo imyaka 6 yamwakiriye nk’umwana ufite ejo hazaza kuko Varane yahageze ku myaka 18 none ahavuye ku myaka 28.…
-
Umusore yahisemo kwica umukunzi we wari ugiye kumusiga akajya Qatar mu kazi yibwirako nagera i mahanga azamwanga
•
Akenshi umunyenga w’urukundo ugaragara iyo abakundana batuye mu gace kamwe cyangwa mu gihugu kimwe aho babasha guhura rimwe na rimwe bitagoranye, iyo umukunzi wawe agusezeye agiye i mahanga ushobora kumva ikiniga ukibwira ko azakwanga kubera kutakubona ibyatumye umusore wo muri Kenya yica umukunzi we Joyce Nyambura. Inkuru ibabaje cyane, Joyce Wanjiru Nyambura w’imyaka…
-
Agashya: Kompanyi y’abashinwa yaciye agahigo ko kubaka inzu y’amagorofa(etages) 10 mu masaha 28 gusa
•
Iyo umuntu avuze ko iterambere ryihuta nk’umuyaga ni imvugo ivugwa kugira ngo bikumvishe ko hari umuhanda cyangwa inyubako zishora kuzura mu gihe gito cyane nk’uko Broad Group, Kompanyi y’Abashinwa yakoze amateka ku isi ikuzuza inzu ya Etaje 10 mu masaha 28. Kompanyi Broad Group, ikorera mu Bushinwa, ikora ibikorwa bitandukanye by’ubwubatsi, ni agahigo…
-
U Rwanda rurakoza imitwe y’intoki ku gutangira gukora inkingo n’indi miti igabanya ubukana bwa za virus
•
Kuri uyu wa Kane, abayobozi bakuru ba leta bari kumwe n’uhagarariye Fondasiyo ya KENUP bahuye n’abafatanyabikorwa batandukanye ndetse banasura ibigo i Kigali, mu ntambwe iganisha u Rwanda hafi yo gutangira gukora inkingo n’ibindi binyabuzima. Fondasiyo ya KENUP ni umuryango mpuzamahanga ushyigikira udushya dushingiye ku bushakashatsi kandi wari uhagarariwe na Holm Keller, Umuyobozi mukuru wawo.…
-
Kenya: Abaganga n’abaforomo / kazi b’abashomeri bemerewe akazi mu Bwongereza
•
Kenya yagiranye amasezerano n’Ubwongereza azemerera abaforomo/kazi n’abandi baganga badafite akazi kujya gukorera mu Bwongereza. Minisitiri w’umurimo wa Kenya Simon Chelugi na Minisitiri w’ubuzima w’Ubwongereza Sajid Javid basinye ayo masezerano ku munsi wa gatatu w’uruzinduko rwa Perezida Uhuru Kenyatta i Londres. Ibi ni ku bakozi mu buvuzi b’Abanyakenya babifitiye ubumenyi ariko badafite akazi,…