-
Mozambique: Min. Biruta na RDF batangaje uko ibitero ku nyeshyamba byangenze, abapfuye n’abakomeretse n’uko uko byangenze ngo ingabo z’u Rwanda zoherezwe muri kiriya gihugu
•
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr. Biruta Vincent yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku ngingo zitandukanye zirebana n’ubutwererane bw’u Rwanda n’ibihugu byo mu Karere, muri Afurika no ku rwego mpuzamahanga. Muri iki kiganiro, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda Col. Rwivanga,yabashije kugaragaza ishusho y’uruhare rw’Ingabo z’u Rwanda mu kugarura amahoro n’umutekano muri Mozambique. Col Rwivanga yatangaje ko…
-
Finland: Umunyamakuru Niyonkuru Eric yakoze ubukwe na Ingabire bamaze imyaka itanu bakundana – AMAFOTO
•
Mu itangiriro 2:18, 24 hagira hati ‘Si byiza ko uyu muntu aba wenyine, reka muremere umufasha umukwiriye…Ni cyo gituma umuntu azasiga se na nyina, akabana n’umugore we akaramata, bombi bakaba umubiri umwe.” Niyonkuru Eric n’umukunzi we bashyize mu bikorwa iki cyanditswe cyo muri Bibiliya. Niyonkuru Eric [Neric] wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye birimo InyaRwanda Ltd,…
-
Akamaro gatandukanye ko gukoresha amakara harimo kurinda indwara, gusukura amazi, kuvura uburozi… ndetse n’uko akoreshwa
•
Amakara nubwo tuyamenyereye ko akoreshwa mu kuvana uburozi mu nda, nyamara si byo gusa akora kuko hari ibindi binyuranye ushobora kuyakoresha. Ayo makara avugwa hano si yayandi yo mu ziko cyangwa ku mbabura, kuko nayo uko akoze aba arimo ubundi burozi bwakangiza umubiri. Ahubwo niyo aherwaho agasukurwa, agatunganywa akavangwamo ibindi bituma akora akazi…
-
Imyitwarire mibi ugomba kwirinda kuko igabanya ubudahangarwa bw’umubiri ku kigero cyo hejuru bikaba byatuma indwara zikwibasira
•
Ubudahangarwa bw’umubiri wawe, bugira akamaro gakomeye ku buzima kuko bwitabazwa mu kurinda no kurwanirira umubiri ibyashaka kuwuhungabanya byose. Burinda ko mikorobe zose zagira aho zimenera, maze zikaba zatera indwara zitandukanye. Iyo ufite ubudahangarwa bworoshye, bishobora kugutera ibibazo bikomeye ku buzima, kuko abasirikare bataba bagishoboye kurwanya mikorobe zitandukanye (yaba bagiteri, virusi cg imiyege), nuko…
-
Uramutse umenye ibi bintu ntiwazongera gusiba kurya umwembe mu buzima bwawe bwose
•
Umwembe ni umwe mu mbuto zizwi cyane kandi zikundwa na benshi kubera impumuro n’uburyohe ufite, ukungahaye ku ntungamubiri zitandukanye dore ko witwa “umwami w’imbuto“. uba mu mabara 3; icyatsi, umuhondo n’umutuku. Ese umwembe ukungahaye kuki? Umwembe uboneka mu mabara anyuranye Umwembe ukize cyane ku ntungamubiri nyinshi, kuko ugaragaramo: Vitamine 20 zitandukanye, fibre…
-
Tanzania: Perezida Samia Suluhu yakingiwe Covid-19 asaba Abatanzania bose nabo kwikingiza
•
Yakomeje kuvuga ko abantu badakwiye kumutandukanya na Magufuli yabereye Visi-Perezida, ariko biragoye kuko imyanzuro afata Magufuli yayamaganye inshuro zitabarika. Perezida Samia Suluhu Hassan uyobora Tanzania kuva muri Werurwe 2021 nyuma y’urupfu rwa Dr John Joseph Pombe Magufuli, yakingiwe Covid-19 kuri uyu wa 28 Nyakanga 2021. Si we gusa wafashe doze ya mbere.…