-
Karasira Aimable yitabye urukiko ahakana ibyo aregwa anavuga ko hari umukozi wa RIB wamuhaye asaga miliyoni
•
Kuri uyu wa Gatanu Uzaramba Karasira Aimable wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, yitabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ahakana ibyaha ashinjwa birimo gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi. Karasira akurikiranyweho n’ubushinjacyaha ibyaha birimo guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi, kuyiha ishingiro no kubiba amacakubiri, ibyaha byiyongeraho icyo gutunga amafaranga atagaragariza inkomoko. Ni ibyaha ubushinjacyaha buvuga ko byakozwe…
-
Ibitangaje wamenya ku nyubako ndende kurusha izindi ku isi burj-khalifa iherereye i Dubai – AMAFOTO
•
Umuntu ahora yifuza kuba indashyikirwa ndetse no gukora ibikorwa bitaza abandi ni yo mpamvu havuka imiturirwa, ibyogajuru, imodoka z’akataraboneka n’ibindi umuntu abona bikamutangaza cyane ndetse rimwe na rimwe ukaba wakeka ko bitakozwe n’amaboko y’abantu. Uyu munsi iwacumarket igiye kubagezaho bimwe mu bintu bitangaje cyane ku nyubako yogoga ikirere ikaba isumba izindi zose ku isi…
-
Diamond uherutse kugura imodoka igura umugabo igasiba undi ndetse akaba agiye no kugura indege aba mu nzu akodesha
•
Buri wese agira amahitamo ye n’intego aba yarihaye mu buzima, uzasanga kenshi hari umuntu abantu besnhi bakurira ingofero ko ari umuherwe afasha n’abatishoboye ariko akaba mu nzu y’ubudoke nk’uko Diamond ari mu bahanzi b’abaherwe ariko nawe aracyari umupangayi n’ubwo ashobora kuba agiye kugura indege. Diamond Platnumz ni umuhanzi umaze kwigarurira Afurika yose n’ibice…
-
Paul Pogba yateye utwatsi amasezerano ya Manchester United
•
Ikipe ya Manchester United iri kubizwa icyuya n’umukinnyi wayo wo hagati,Paul Pogba,yifuzaga kongerera amasezerano afite agaciro ka miliyoni 50 z’amapawundi kubera akayabo ari guhabwa na PSG. Pogba utarabanye neza na United kuva yayerekezamo,arifuzwa na PSG ariyo mpamvu yanze ubusabe bwa United. Amakuru aravuga ko umushakira amakipe witwa Mino Raiola yamaze kumvikana na…
-
Harry Kane agiye kugurwa miliyoni 160 ndetse ajye ahembwa akayabo
•
Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza, Harry Kane, ari hafi gusohoka mu ikipe ya Tottenham aho agiye kwerekeza muri Manchester City ishaka kumutangaho miliyoni 160 z’amapawundi ndetse ikajya imuhemba ibihumbi 400 by’amapawundi ku cyumweru. Uyu rutahizamu w’imyaka 27 aherutse gutangaza ko atacyifuza gukinira Tottenham ariyo mpamvu Manchester City yashyizemo akayabo kugira ngo imwegukane. Levy…
-
Umwana w’imyaka 15 yiyahuye kubera kwibasirwa azira gutsindwa ikizamini cya Leta
•
Umwana w’umukobwa w’imyaka 15 wo mu gihugu cya Uganda uherutse gusoza ibizamini bya leta mu mashuri abanza yiyahuye nyuma yo gutukwa na bagenzi be bamuziza gutsindwa. Uyu mwana wigaga ku kigo cy’abayisilamu cya Bwikya mu mujyi wa Hoima wo mu burengerazuba bwa Uganda yakoze ikizamini cya Leta umwaka ushize ariko amanota asohotse agaragaza…