-
Mozambike: Ingabo z’u Rwanda zatangiye imirwano n’inyeshyamba zigometse ku butegetsi
•
Amakuru aturuka mu Gihugu cya Mozambique aremeza ko Ingabo z’u Rwanda zatangiye urugamba rwo guhashya inyeshyamba ziteza umutekano muke mu Ntara ya Cabo Delgado, mu gihe n’Ingabo z’Umuryango w’Ubukungu bw’Ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC) zikomeje kugera muri icyo Gihugu. Biravugwa ko mu mirwano yabaye ku wa Kabiri, Ingabo z’u Rwanda zahase umuriro…
-
Akayabo abakoresha Pegasus(programu ikoreshwa mu butasi irimo guca ibintu ku isi) bishyura Abayisiraheri bayikoze
•
Ubutasi kuri telephone ngendanwa bwongeye kuvugwa muri iyi minsi ko bukorwa na za leta zimwe na zimwe, igiciro cyabwo gishobora kugera kuri miliyoni 1$ kugira ngo ikoreshwe muri telephone 10 gusa, nk’uko bivugwa n’ikinyamakuru New York Times. Amnesty International iherutse gutangaza amakuru mashya y’abantu batandukanye Pegasus yinjijwe muri telephone zabo, cyangwa yagerageje kwinjizwamo…
-
Perezida Samia Suhulu yannyeze mugenzi we, Perezida Ndayishimiye w’u Burundi nyuma yo kuvuga icyongereza nabi
•
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, aherutse gusaba mugenzi we Evariste Ndayishimiye w’u Burundi kujya yikoreshereza Igiswahili mu mbwirirwaruhamwe ze aho kuba Icyongereza, nyuma yo kugerageza kuvuga uru ririmi akaruvuga nabi. Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi yavuze mu cyongereza mu mpera z’icyumweru gishize, ubwo yabwiraga itangazamakuru ibyo we na Perezida Samia Suluhu Hassan wa…
-
Amateka ya Capt. Valentine Strasser wafashe ubutegetsi ku myaka 25 gusa akaba perezida muto kurusha abandi ku mugabane wa Afurika
•
Kapiteni Strasser Valentine yagiye ku butegetsi mu mwaka w’1992 nyuma yo guhirika perezida Joseph Saidu Momoh ubwo Sierra Leone yari yugarijwe n’intambara y’inyeshyamba za RUF ya Coporal Fodey Sankoh. Muri icyo gihe Capt. Strasser yari yaroherejwe kurwanya inyeshyamba zari zarigometse ku butegetsi bwa Momoh zari ziyobowe na Coporal Foday Sankoh aho we yari yaroherejwe…
-
Rulindo: Umusaza yaguze inka imwica atarayigeza mu rugo
•
Umusaza w’imyaka 80 witwa Nkekabahizi Claver, wari utuye mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Rulindo, yishwe n’inka ye ubwo yari mu nzira ava kuyigura ku gicamunsi cyo kuwa Kabiri tariki 20 Nyakanga 2021. Amakuru Kigali Today dukesha iyi nkuru yatangarijwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’agateganyo w’Umurenge wa Tumba, Jean Bosco Manirakiza, ngo abayobozi bahageze…
-
M. Irene, umujyanama wa Vestine & Dorcas yatangiye gukurikiranwa n’urwego rw’ubugenzacyaha RIB
•
Umunyamakuru Michel Karangwa uzwi nka Mike Karangwa yatanze ikirego mu rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB arega mugenzi we Murindahabi Irene uzwi nka M.Irene amushinja kumuharabika ko yagize uruhare mu kumutandukanya n’abahanzikazi Vestine&Dorcas afasha. Umunyamakuru Mike Karangwa, umaze igihe mu myidagaduro mu Rwanda, yatutswe cyane cyane n’abantu bamwita igisambo nyuma y’uko M.Irene amushinje ko yagize…