-
Reba umuhanzikazi Lizzo ufite ubunini budasanzwe ukomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga barimo 50 Cent na P Diddy
•
Umuhanzikazi Lizzo uri mu bagezweho akomeje kuvugisha abantu benshi barimo P Diddy na 50 Cent. Uyu mukobwa akaba atangaza benshi kubera icyizere yigirira akerekana amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga yerekana imiterere ye y’ubunini budasanzwe mu gihe hamenyerewe ko ababikora ari ab’urubavu ruto. Melissa Viviane Jefferson wamamaye ku izina rya Lizzo ni umuhanzikazi ugezweho…
-
Reba ifoto ya Messi ikoze amateka kuri Instagram igakuraho agahigo k’iya Cristiano Ronaldo
•
Nyuma yo kwegukana igikombe cya Copa America, ifoto ya Lionel Messi yakoze amateka yo gukundwa n’abantu benshi kuri Instagram mu mafoto yo muri Siporo. Kuri uyu wa 6 hari hashize icyumweru Argentina na Messi begukanye igikombe cya Copa America. Nyuma yo kwegukana iki gikombe, Messi yashyize ku rukuta rwa Instagram ifoto ari wenyine…
-
Abakuru B’ibihugu 5 Bakize Kurusha Abandi Ku Mugabane Wa Afurika Muri 2021 – AMAFOTO
•
Muri iyi nkuru, turarebera hamwe umukuru w’igihugu muri Afurika ukize kurusha abandi hagendewe ku mutungo wabo nk’uko byakusanyijwe na Forbes. 1. Umwami Mohammed VI (Maroc) – Miliyari 5.8 $ Umwami Mohammed VI yavutse ku ya 21 Kanama 1963 i Rabat, muri Maroc. Ubu ni umuyobozi wa Maroc, umwanya yafashe nyuma y’urupfu rwa se mu…
-
Menya umubiri wawe: Ibara ry’imihango ubona rifite byinshi risobanuye harimo n’ibyo ugomba kwitondera cyane
•
Ibara ry’imihango yawe rifite byinshi rivuze, byerekeye ubuzima akaba ariyo mpamvu ugomba kuryitondera, mu gihe waba ubona rihinduka ukaba wagana kwa muganga ukamenya impamvu byifashe gutyo. Abakobwa bose bageze mu gihe cy’ubugimbi, baba bagomba kujya mu mihango ngaruka kwezi. Kuri bose siko ibara ry’imihango risa; hari abo iba itukura cyane, abandi ikaba ijya…
-
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi akomeje kwibasirwa ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kudidimangira imbere ya Perezida wa Tanzania Samia Suhulu
•
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yahawe akomeje kwibasirwa (guhabwa urw’amenyo) n’abakoresha imbuga nkoranyambaga bamuhora kuvuga nabi ururimi rw’Icyongereza benshi bagereranyije no kudidimanga. Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi yavuze mu cyongereza ubwo yabwiraga itangazamakuru ibyo we na Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania wasoje uruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriraga mu Burundi bagezeho. Perezida Ndayishimiye asanzwe ari mwiza…
-
Ntibisanzwe: Yagenze Kirometero Miliyoni 5 ashakisha umwana we, amubona nyuma y’imyaka 24
•
Umugabo w’Umushinwa yongeye guhuzwa n’umuhungu we nyuma y’imyaka 24 amushakisha aho yagenze 5.000.000km mu Bushinwa ari kuri moto amushakisha nyuma y’uko yari yibwe n’abagiye ku mugurisha mu 1997. Ni umwana w’umuhungu wa Guo Gangtang, yashimuswe n’abacuruza abantu afite imyaka ibiri gusa ubwo yakinaga ari imbere y’iwabo mu ntara ya Shandong. Mu 2015 nkuko…