Dore byinshi utazi ku kurota usomana. Ntukwiye kubikerensa
•
Buri nzozi zigira ubusobanuro bwazo, gusa kurota usoma umuntu bishobora gutangaza benshi bakaba batekereza nabi ndetse bakiba impamvu y’izo nzozi, niyo mpamvu ugiye gusobanukirwa ikihishe inyuma yazo. Kurota uri mu bikorwa bifite aho bihuriye n’urukundo, bisobanura ibintu byinshi ndetse bihura n’ukuri akenshi kuko inzozi zigaruka mu ntekerezo kubera ibyo umuntu ashobora kuba yirirwamo cyangwa…
Dore uko wakiza ibikomere umugabo wakomerekejwe n’urukundo
•
Urukundo rwakomerekeje bamwe bituma abanyantege nke bavuga ko batazongera gukunda nyamara ntibamenya ko bashobora komorwa bagasubirana n’ibyiyumviro byabo by’urukundo. Bamwe mu gitsinagore bibaza icyo bakora kugira ngo baturishe umutima w’umusore cyangwa umugabo wahuzwe urukundo bitewe n’ibikomere yahuye na byo muri rwo. Nubwo umuntu ashobora gukomerekera mu rukundo, ariko mu rukundo ni na ho yongera…
Gen. Bunyoni agiye gusubira mu nkiko
•
Gen Alain Guillaume Bunyoni wabaye Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Burundi, Minisitiri w’Umutekano w’Imbere na Minisitiri w’Intebe, azaburanira mu rukiko rw’ikirenga mu cyumweru gitaha, tariki ya 27 Gicurasi 2024. Bunyoni yakatiwe igifungo cya burundu mu Ugushyingo 2023, nyuma yo guhamywa ibyaha birimo gushaka kwica Perezida Evariste Ndayishimiye, umugambi wo gukuraho ubutegetsi n’icyo guhungabanya ubukungu…
Rubavu: Polisi yarashe sedo w’akagari
•
Umuyobozi wungirije w’akagari [SEDO] ka Murambi ko mu murenge wa Rubavu ho mu karere ka Rubavu, yarashwe na Polisi y’igihugu nyuma yo kumwibeshyamo umugizi wa nabi. Amakuru dukesha Bwiza.com aravuga ko ibi byabaye mu ijoro ryakeye, ubwo uyu SEDO yari kumwe n’uhagarariye inkeragutabara mu murenge bari kuri Moto, bagatangirwa n’abagizi ba nabi bagatabaza. BWIZA…
Polisi yashyizeho igihembo ku muntu uzayifasha guta muri yombi umwarimu wa kaminuza wasambanyije umunyeshuri
•
Polisi ya Uganda yashyizeho igihembo cya miliyoni 10 z’amashiringi ku muntu wese uzatanga amakuru yatuma Dr Lawrence Eron atabwa muri yombi. Uyu mwarimu ufite imyaka 53, yigishaga muri Kaminuza ya Kyambogo. Akurikiranyweho gusambanya umukobwa w’imyaka 16 ufite ubumuga bwo kutabona. Umwe mu bakozi bo muri iyi kaminuza wasabye ko amazina ye atangazwa kubera ko…
Kiliziya Gatolika y’i Kinshasa yateye utwatsi ibyo kuba iri inyuma y’abashatse guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi
•
Inama y’abepisikopi gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, CENCO, yamaganye abayihuza n’igerageza ryo gukuraho ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi ryabaye mu rukerera rwa tariki ya 19 Gicurasi 2024. Abarwanyi bagerageje iki gikorwa bari bambaye impuzankano y’umutwe w’abakomando mu ngabo za RDC, bafite ibendera rya Zaïre. Bari bayobowe na Christian Malanga wishwe n’abapolisi barinda ibiro…