Ubusanzwe igitsinagore ni impano ikomeye Imana yahaye abagabo. Biragoye ko wabona umugabo udakururwa nabo cyangwa utifuza umukobwa uko yaba ameze kose.
N’ubwo ari byiza kumenya icyo umugore cyangwa umukobwa mukundana akunda n’aho akunda ko umukora kugira ngo utamubangamira, si ngombwa ko aho hose uhakora ugamije gusa imibon1no mpuzabits1na.
Niba rero uri umukobwa ukabona umuhungu aragukorakora kuri ibi bice tugiye kugarukaho, uzarye uri menge bitazagutura mu mutego wo gukora kuryamana na we utabigambiriye.
Dore ibice ugomba kurinda umusore gukoraho niba udashaka gutera akabariro na we
Ku ijosi
Iki gice ni igice gikomeye cyane mu gushyira umukobwa mu byiyumvo byo gutera akabariro ku buryo byagora ko umukobwa utabasha kwigenzura yikura ku musore watangiye amukorakora, amusomagura kuri iki gice.
Niba mubizi bamwe, ubundi burya ngo no kuba umukobwa cyangwa umusore yaguhobera mugahuza imisaya ku buryo abasha kuguhumekera ku ijosi, ni kimwe mu bintu bikurura ubushagarira cyane buganisha ku gutera akabariro.
Niba ubona ko umusore ari kugukora cyane kuri iki gice, bikumire bitaragutura mu mutego.
Kunda
Burya inda y’abakobwa ikunze cyane kubabuza kwigenzura igihe iri gukorakorwa n’igits1nagabo.
Mwibuke ko ari naho hari umukondo, ku musore wabashije guhabwa urwaho rwo kuyikoraho, ashobora no kuzamuka akagana ku mabere gutyo gutyo. Niba rero ubonye atangiye kugukorakora kuri ibi bice, muhagarike amazi atararenga inkombe.
Amatwi
Umuzenguruko w’ugutwi ni ahandi hantu abakobwa bakunze gukorwa bagasabwa n’ubushake bwo gutera akabariro.
Abasore benshi bakunze kuhakoresha intoki, ururimi nk’abari kuhasoma n’ubundi buryo bwo gusa nk’abahumekera umwuka ku mukobwa biganisha ku kumwinjiza mu bushake bwo gukora imibonan.
Niba uri umukobwa ukabona umuhungu muri kumwe muganira ari kwibanda ku gukorakora kuri ibi bice twavugaga, kumira bitaragera ku rwego utakekaga kuko iyo bitinze ntuba ukibashije kwigenzura.
Ikibero cyangwa amatako
Amatako y’umukobwa na yo ari mu bice byumva cyane ubushagarira iyo gikozweho n’umusore yaba yakuyeho umwenda cyangwa arimo kubikorera inyuma yawo.
Iki gice ni kimwe mu bishobora kukugusha mu mutego wo kwisanga mu buriri bw’umusore utabigambiriye n’ubwo abakobwa benshi batajya babitekereza.
Niba rero umusore atangiye kugukorakora ku matako muhagarike hakiri kare niba iyo gahunda ntayo uteganya kuko uko ugenda utwarwa agenda azamura agana ku myanya y’ibanga kandi aha ho nahagera azaba agufite neza neza.
Mu musatsi
Gukora mu misatsi y’umukobwa cyangwa umugore bifasha cyane umugabo kumwumvisha icyo akeneye, imisatsi kandi ku bagore ibamo ubushagarira butuma batwarwa igihe cyose umugabo arimo kuyikoramo kuburyo bashobora no gushiduka ibitekerezo byabo byagiye kure bagahita bifuza gushaka gutera akabariro.
Mu biganza
Abantu b’ibitsina bitandukanye iyo bafatanye mu biganza umwanya munini bishobora gutuma umugore yumva ashatse gutera akabariro ariko bikaba akarusho iyo umugabo asa nk’ushimashima cyangwa akorakora mu biganza by’umugore, ubushagarira buhita bwihuta cyane kuburyo bica intege umugore mu bijyanye n’ubushake bw’akabariro.
Amabere
Amabere y’umukobwa ni igice cy’umubiri umugabo akoraho maze umukobwa agahita yumva ubushagarira umubiri we wose bigatuma yumva ashatse gutera akabariro ako kanya.