-
Basubiranyemo benshi bahasiga ubuzima! Bombori bombori muri FARDC i Kinshasa
•
Umutekano wahungabanye mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Gicurasi 2025, ubwo umusirikare wo mu mutwe ushinzwe kurinda Perezida yarasaga akica abasirikare batatu b’itsinda rya PM (Police Militaire). Ibi byabaye mu masaha ya saa tatu za mu gitondo, ahabereye ubwicanyi…
-
Ibyo AFC/M23 yakoreye indege ya FARDC bikomeje kuvugisha benshi
•
Mu gihe intambara hagati y’ingabo za Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ifatanyije n’imitwe yitwaje intwaro mu kurwanya AFC/M23 ikomeje gukara, amakuru mashya aturuka mu misozi ya Mulenge mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo avuga ko drone ya FARDC yashatse kugaba igitero ariko ikaraswa n’abasirikare ba AFC/M23. Amakuru ya…
-
Uko wakwigarurira umutima w’umukobwa mu minsi 7 gusa
•
Baravuga ngo ubonye umugore mwiza aba abonye ikintu cyiza ndetse ngo burya nubona umugabo mwiza ukwiye ujye umenya ko inyuma ye hari umugore mwiza n’ubwo utamubona. Birashoboka ko hari umukobwa mwiza wabonye ndetse ukabona ko yazakubera umugore mwiza ariko ukabura aho uhera umusaba urukundo ngo wigarurire umutima we. Aha rero…
-
ICT Teacher at The Pharo Foundation Rwanda Ltd | Kigali : Deadline: 13-06-2025
•
ICT Teacher Kigali, Rwanda Overview Pharo Foundation is a mission-driven, impact-oriented organisation that designs, funds, and operates economic development programmes to achieve its vision of a vibrant, productive, and self-reliant Africa. The Foundation drives its impact through two key approaches: Pharo Foundation is actively building its portfolio in Rwanda and…
-
Inzu nziza ya Etage ifite ibyumba 4, toilettes 4 n’igikoni cyiza imbere igurishwa make cyane i Rusororo kuri kaburimbo
•
Inzu Nziza Igurishwa Kubashaka Gutura heza Ibyumba Bine Toilette Enye. Ni ukuvuga Buri cyumba Gifite Toilette Yacyo Cuisine Nziza Ikaba Iherereye Rusororo Hariya Hafi Y’intare Neza Kuri Kaburimbo Yubakishije Amatafari Ahiye Yose Ikaba Ishaka 220M. Duhamagare kuri iyi nimero: +250 788 966 717 Reba amafoto hano
-
Dore amahano atazibagirana yabayeho mu itorwa rya Papa
•
Niba wararebye Film yitwa ‘The Conclave’ uko bisa kose ufite ishusho y’uko itorwa rya Papa rikorwa, uhereye ku mwiherero w’Aba-Cardinal kugera papa asohotse ku ibaraza rya Bazilika ya Mutagatifu Petero akageza ijambo rye rya mbere ku mbaga itabarika y’Abakirisitu n’Isi. Iyi filme yerekana byinshi bibera muri uyu mwiherero, nubwo ubusanzwe…
-
APR FC yatandukanye n’umutoza wayo Mukuru Darko Novic
•
Kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya APR FC yatandukanye n’uwari umutoza wayo mukuru Umunya-Serbia Darko Novic. Amakuru Kigali Today ifitiye gihamya yemeza ko APR FC yamaze gutandukana na Darko Nović nyuma y’umwaka umwe w’imikino asinye amasezerano yagombaga kuzageza mu 2026, hakabamo n’ingingo yo kuba yakongerwaho undi mwaka. Uyu mugabo kandi…
-
Abakobwa / Abakobwa: Niba wibonaho utu tuntu 3 menya ko uri umunyamahirwe – Impamvu
•
Abagore cyangwa abakobwa baremwe mu buryo bugaragara ko butandukanye n’ubwa basaza babo, niyo mpamvu utu tuntu 3 tugiye kukubwira nutwibonaho uraba uri umunyamahirwe kuko tutaba kuri benshi. Hari utuntu tuba ku mibiri y’ab’igitsina gore bigoye cyane kubona ku bagabo, ari nayo mpamvu bivugwa ko utwifiteho twose cyangwa kamwe muri two…