-
Amabuye y’agaciro ya RDC yaba agiye kujya atunganyirizwa mu Rwanda
•
Mu mezi abiri ku munsi u Rwanda na RDC bizaba bisinya amasezerano y’amahoro, byombi bizanasinyana na Amerika andi y’ubukungu. Ni amasezerano Amerika ivuga ko azakurikirwa n’ishoramari “rya miliyari nyinshi z’amadolari” rikozwe n’ibigo by’ubucuruzi byayo n’iby’ibihugu by’inshuti. Iyubakwa ry’urugomero rwa Ruzizi III Gutunganyiriza amabuye y’agaciro mu Rwanda Umuhanda wa Gari ya…
-
Abasore: Ntuzahirahire ngo uterete umukobwa ufite bene iyi mico
•
Mu gihe benshi bashakisha urukundo rw’ukuri, hari iby’ingenzi buri musore akwiye kwitaho mbere yo gufata umwanzuro wo gukundana n’umukobwa. Nubwo kubona umukunzi w’ukuri ushobora kugorana, hari imyitwarire igaragaza ko umukobwa ashobora kutaba uwo kubana nawe neza. Hari ibyiciro by’abakobwa abasore bagirwa inama yo kwirinda mu rwego rwo kurinda umutima wabo…
-
Nubona ibi bintu 7 uzamenye ko umuntu atagukunda nubwo atabivuga
•
Hari igihe umuntu aba atagukunda ariko ntabivuge mu magambo. Gusa imyitwarire ye ya buri munsi ishobora kukwereka ukuri. Dore bimwe mu bimenyetso 7 byagaragaza ko uwo muntu atagufitiye urukundo cyangwa inyungu mu mubano mufitanye: 1. Ntareba mu maso yawe: Iyo umuntu ahora atakureba mu maso cyangwa agaceceka igihe muri kumwe,…
-
Amashusho y’umwana wa The Ben na Pamella bamusize Makeup (maquillage) akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga – Amafoto
•
Nyuma y’igihe gito havuzwe amakuru y’uko umuhanzi The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella bibarutse imfura yabo, noneho igaragaza uwo mwana iri gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, by’umwihariko kubera ko yayigaragaje asize maquillage (makeup), ibintu byatumye abantu benshi batangara ndetse bamwe batangira kugaragaza impungenge. Uwo mwana w’umukobwa, bamwise Mugisha Paris, yavutse ku…
-
Igisubizo cya Gen Muhoozi ku wari umusabye kugira Miss Jolly Mutesi umugore wa kabiri cyatitije imbuga nkoranyambaga
•
Umugaba w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusubiza umuntu wamugiriye inama yo gushaka Miss Jolly Mutesi akamugira umugore wa kabiri. Mu gusubiza, Gen Muhoozi yavuze ko umugore we, Charlotte, yamwica aramutse abikoze. Ibi byose byatangiye ubwo Gen Muhoozi yashyiraga ifoto ku…
-
Imirwano ikomeye yadutse hagati y’ingabo za FARDC n’iza MONUSCO
•
Ku rubuga nkoranyambaga rwa X (rwahoze ari Twitter), hakomeje gusakazwa amashusho agaragaza abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bashyamiranye n’abasirikare b’umuryango w’abibumbye ushinzwe kubungabunga amahoro, MONUSCO. Aya mashusho yakwirakwiye vuba, atuma abantu batandukanye batanga ibitekerezo bitandukanye, bamwe babifata nk’akaga, abandi babihindura urwenya, abandi babyuriraho banenga imiyoborere y’igihugu.…
-
Hamenyekanye ibyo AFC/M23 iri gukorera abasirikare 3000 ba FARDC yari yaragoteye i Goma
•
Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 30 Mata 2025, imodoka zari zitwaye abasirikare n’abapolisi bo mu ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangiye gusohoka mu mujyi wa Goma zijya mu murwa mukuru Kinshasa. Aba ni abasirikare barenga 3,000 bari barahungiye mu bigo bya MONUSCO nyuma yo…
-
Yabanje kumwereka aho bayishyira! Umugabo wubatse w’imyaka 53 wasambanyije umwana w’imyaka 16 akamutera inda amushukishije 5000 Frw yahuye n’uruva gusenya
•
Mu karere ka Nyamasheke, haravugwa inkuru ibabaje y’umugabo w’imyaka 53 ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 16, amutera inda, aho imaze kugira amezi atandatu, amushukishije amafaranga 5000 Frw. Uyu mugabo, usanzwe ari umugabo wubatse ufite umugore n’abana, yafatiwe mu Mudugudu wa Mutuntu, Akagari ka Bisumo, Umurenge wa Cyato ku…