Umugore yaciye inyuma umugabo we akubitwa n'inkuba atarasoza igikorwa

Umugore yaciye inyuma umugabo we akubitwa n'inkuba atarasoza igikorwa

Dec 15,2021

. Umugore yapfuye arimo guca inyuma umugabo we

. Bakubiswe n'inkuba barimo gusambana umugore ahita apfa

. Umugore yibese umugabo ngo atere akabariro n'undi mugabo akubitwa n'inkuba arapfa

. Umugabo n'umugore bakubiswe n'inkuba barimo gutera akabariro

Hari igihe abari mu gikorwa cyo gucana inyuma bagaragara mu buryo bubabaje kandi butangaje, hari abafatwa na Camera zo mu nzu, abandi bagakora impanuka bari gusambana. Inkuru yatangaje benshi ni iy'umugabo witwa Vaileth Hassan Mtipa wari urimo gusambana n'umugore w'undi mugabo, inkuba ikabakubita

 

Ibi byabereye mu gihugu cya Tanzania mu Karere ka Singida. Amakuru atandukanye yatambutse mu binyamakuru byo muri kiriya gihugu, avuga ko umugabo witwa Vaileth Hassan Mtipa w'imyaka  32 y'amavuko yasambana n'umugore witsa Hassan Nzige basanzwe baturanye mu mudugudu wa Masweya, maze ubwo bari bageze hagati igikorwa, bakubitwa n'inkuba.

 

Amakuru ya Newslinetz na Mwananchi, avuga ko mu gace ka Masweya ubwo aba bombi bahuraga n'amazazane hari mu gihe cy'imbeho nyinshi ivanze n'umuyaga ariko imvura itaragwa, ni bwo umugore yafashe umwanzuro wo gusanga umugabo iwe mu kwamagana imbeho yacaga agati. Bahise bajya mu cyumba cy'uburyamo barasambana.

 

Igikorwa kigeze hagati inkuba yamanutse mu gicu irabakubita umugore ahita apfa mu gihe umugabo bari gusambana yari agisamba, aratabarwa, agezwa kwa muganga yakomeretse bikomeye aho amakuru avuga ko we yazahajwe n'ubuzima ariko atitabye Imana.